Mu mwaka wa 2020, Guverinoma y’u Rwanda yiteze ko abakora ubuhinzi mu Rwanda bazaba bangana na 50 %, bavuye kuri 72 %...
Kibeho ni umujyi muto uherereye mu karere ka Nyaruguru mu majyepfo y’u Rwanda. Ni ahantu hamenyekanye cyane igihe habaga amabonekerwa mu mwaka...
Mu matora ya Perezida wa Repubulika yabaye kuri uyu wa 4 Kanama ma 2017, hari bamwe mu baturage b’abanyarwanda batigeze bayitabira kandi...
Kimwe nahandi hose mu gihugu, mu gitondo cyo ku itariki ya 4 Kanama 2017, abaturage bo murenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo, ...
Kuri uyu wa gatatu taliki 9/8/2017 muri college st André hateraniye abana b’abakrisitu baturutse hirya no hino mu gihugu mu matorero atandukanye...
Benshi bavuga ko batabona impamvu yabyo, cyane ko nta ngaruka ya kure ngo babona byabagiraho. Nyamara ariko ibi byica igenamigambi ry’igihugu rigendera...
Mu gihugu cya Kenya, hatangiye gutangwa umuti ku rwego rwo hejuru kurenza uwari usanzwe . Umuti wa Dolutegravir ugabanya ubukana bw’agakoko gatera...
Inyanya zigizwe n’intungamubiri nyinshi zo mu bwoko bw’amavitamini ndetse n’imyunyu ngugu itandukanye.Byibuze urunyanya rumwe rushobora gutanga 40% bya vitamin C umubiri ukenera...
Amajwi y’ibanze angana na 80% y’abatoye mu itora rya Perezida wa Repubulika, arerekana ko umukandida wa FPR-Inkotanyi, Paul Kagame, yanikiye abo bari...
Nkuko bigaragazwa n’ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Toronto , akaba ari muri Canada butangaza ko 19% by’abarwara diyabeti yo mu bwoko bwa...