Uyu munsi, mu Murenge wa Katabagemu, Akagari ka Nyakigando, habereye ubukangurambaga bwo kurwanya imirire mibi n’igwingira bwateguwe mu rwego rwo guteza imbere...
Kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Valentine Uwamariya Arakwiye, yagiriye uruzinduko rw’akazi mu Karere ka Gicumbi, asura imishinga itandukanye igize gahunda...
Abacuruzi bakorera mu nyubako ya TAJYIRE GROUPE bavuga ko iyi sosiyete yazanye impinduka nziza mu mikorere yabo, zirimo gukorera ahantu hizewe, hateguwe...
Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF) rurasaba abikorera mu nzego zitandukanye gushyira imbaraga mu gutanga serivise nziza, yihuse kandi ishingiye ku byifuzo by’abakiriya,...
Ku kibuga cya Ngororero Stadium, hatangijwe ku mugaragaro amarushanwa y’Umurenge Kagame Cup, igikorwa cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye b’Akarere ka Ngororero, abayobozi b’Inzego z’Umutekano...
Mu rugendo rwayo rwo kubungabunga ibidukikije mu mwaka wa 2025, Tanzaniya yerekanye ko gusana no gusigasira ubutaka n’ibidukikije bidashingiye gusa ku migambi...
Inama y’Igihugu ku Ikoranabuhanga mu Bucuruzi (Digital Business Summit) yatangijwe ku mugaragaro kuri uyu munsi, ihuza abayobozi, impuguke n’abafatanyabikorwa mu rwego rwo...
Ubuyobozi bukuru bwa REG burimo Umuyobozi Mukuru (CEO), Umuyobozi Mukuru wa EDCL n’abandi bayobozi, bwakoze igenzura ry’imishinga y’ingenzi y’ibikorwaremezo by’amashanyarazi iri kubakwa...
Muri iki gitondo, mu Mirenge yose y’Akarere ka Gicumbi, hatangijwe ku mugaragaro Urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13, ruri ku nsanganyamatsiko igira iti:...
Uyu munsi, mu Mirenge yose y’Akarere ka Nyagatare kimwe n’ahandi hose mu Gihugu, hatangijwe ku mugaragaro urugerero rw’Inkomezabigwi icyiciro cya 13, rwitabiriwe...