Ihuriro ry’abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Afurika y’uburasirazuba “EAFF” batangije uburyo bw’ikoranabuhanga rya Telefoni ryiswe “e-Granar” rizafasha abahinzi bo muri aka...
Abashinzwe kubungabunga ibidukikije baturutse mubihugu by’u Rwanda ,Uganda ,na Congo Kinshasa ,kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2018 bahuriye mu nama y’umunsi umwe...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yafashe umwanzuro wo gusubiza Bénin, ibishushanyo by’ubugeni 26 byatwawe n’abasirikare b’igihugu cye mu ntambara yabaye mu myaka...
Ubusanzwe abaturage baturiye umupaka wa Gatuna, usanga akenshi bakunze kwibanda ku gukoresha ururimi rw’igikiga ndetse n’abana babo babyiruka bavuga ururimi rw’igikiga ari...
Ubusanzwe nk’uko byari bizwi mu muco wakunze kuranga abanyagicumbi harimo kwenga ikigage kizwi ku izina ry “ Ikigage k’i Byumba’’ cyabaga ari...
Abanyeshuri b’Abanyarwanda bagiriye urugendoshuri mu gihugu cy’Ubushinwa basogongejwe ku hazaza h’ikoranabuhangwa berekwa ubuhanga bugezweho bwa 5G network, Internet of Things (IOT) ,...
Ishami ry’umuryango w’abibubye wita kuburezi n’umuco UNESCO ifatanyije na Minisiteri y’uburezi (MINEDUC) , kuruyu wa kane tariki 8 Ugushyingo 2018 bahuye n’abanyamadini...
Umujyi wa Kigali utegura buri kwezi Imyitozo ngororamubiri ihuza abawutuye, hagamijwe kwirinda indwara zitandukanye cyane izitandura nk’indwara z’umutima; diabète n’izindi. Perezida wa...
Nyuma y’imyaka isaga 10 gahunda zo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera Sida isakajwe mu gihugu, iki nigihe cyo kureba ukuntu...
Inama y’Abamisitiri yateranye kuwa 14 Nzeri 2018, iyobowe na Perezida wa Republika Paul Kagame, ifatirwa mo imyanzuro itandukanye iri mo uwo kurekure...