Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba ,Munyantwari Alphonse, arasaba abaturage b’imirenge ya Busasamana na Bugeshi kujya bakemura ibibazo baba bafitanye hakiri kare kandi bakirinda gufata...
Mu itangazo Minisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara iravuga ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu...
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango(Migeprof),iratangaza ko mu mwaka wa 2016, abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19 bagera ku 17.500 batewe inda...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, kiravuga ko ikinyuranyo cy’ibyatumijwe n’ibyoherejwe mu mahanga muri Werurwe 2017 cyageze kuri miliyoni $102.22, bingana n’izamuka rya 34.61%...
Akarere ka Huye niko karere kari ku mwanya wa mbere mu Rwanda mu kugira umubare munini w’abarwayi ba Malariya. Gahunda ya Leta...
African Correctional Services Association, (ACSA), ni Ihuriro Nyafurika rishinzwe iby’amagereza, u Rwanda ruzamurika umwihariko warwo mu guteza imbere amagereza. u Rwanda rugiye...
Ibi ni ibiherutse kuvugirwa mu Murenge wa Kimisagara ubwo hari gahunda y’icyumweri cy’umjyanama, ubwo abaturage bari bateraniye mu nama yiswe inteko y’abaturage....
Ibi ni ibiherutse kuvugirwa mu Murenge wa Kimisagara ubwo hari gahunda y’icyumweri cy’umjyanama, ubwo abaturage bari bateraniye mu nama yiswe inteko y’abaturage....
Ku nkunga y’umuryango w’ibihugu by’uburayi binyuze mu muryango Action Aid Rwanda, impuza miryango CLADHO yateguye umwiherero ugamije gusesengura ingengo y’imari y’umwaka wa...
Uyu mugabo yatsinze ku majwi 65.1% naho uwo bari bahanganye Marine Le Pen agira amajwi 34.9%. Aya matora yabaye ku cyumweru tariki...