Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yafashe umwanzuro wo gusubiza Bénin, ibishushanyo by’ubugeni 26 byatwawe n’abasirikare b’igihugu cye mu ntambara yabaye mu myaka...
Minisiteri y’ibikorwa remezo(MININFRA) igaragaza ko 83% by’abaturage mu Rwanda bifashisha ingufu zikomoka ku bimera m’uguteka, izo ngufu zikomoka ku bimera birimo ibiti...
Ikigo cy’ubwishingizi cya Phoenix cya hindutse (AMU) cyirizeza abakiliya babo serivisi nziza ziganjemo iz’itangirwa ku ikoranabuhanga zitamenyerewe mu bwishingizi mu Rwanda. MUA...
Igiciro cya Essence cyongeye kuzamuka, kiva ku mafaranga y’u Rwanda 1065 gishyirwa ku mafaranga 1109 muri aya mezi abiri, ni ukuvuga Nyakanga...
Indwara ya Malariya ihangayikishishije u Rwanda ari yo mpamvu hagiye hashyirwa ho ingamba zitanadukanye zo kuyirwanya. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima...
U Rwanda na Angola bigiye gufatanya mu bwikorezi bwo mu kirere. Amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibyo bihugu amaze gushyirirwa ho umukono ku cyicaro...
Igikorwa cyo guhuza imihigo y’Akarere cya buri kwezi kimaze gutanga umusaruro wo kwihutisha imihigo y’Akarere kugirango yeswe neza kandi ku gihe. Uko...
Mu cyegeranyo cyatangajwe n’umuryango urwanya ruswa n’akarengane mu Rwanda, Ishami ry’Rwanda (TR-Rwanda), tariki ya 9 Werurwe 2018, washyize ku mugaragaro icyegeranyo wakoreye...
Ubuyobozi bw’umurenge wa Ngororero, Akarere ka Ngororero , buvuga ko kugirango imihigo yawo igerweho ari ngombwa ko habaho ubufatanye hagati y’ abaturage...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 6 werurwe, 2018 i Kigali hatangiye inama mpuzamahanga yiga ku shyirwaho ry’isoko rusange ya Afrika. Ni inama...