Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango burahamagarira abahinzi gukora ibishoboka byose bakuhira imyaka muri iki gihembwe cy’ihinga, kugira ngo aho bigishoboka babashe kuramira itaramara...
Tariki ya 13 Ugushyingo 2014, mu ruzinduko yari yagiriye mu karere ka Nyagatare. ni bwo Umukuru w’Igihugu Nyakubahwa Paul KAGAME yemereye abaturage...
Nyuma yuko Akarere ka Gatsibo gatangiye ubukangurambaga no gushaka ahantu hazubakwa umudugudu w’icyitegererezo uzaba urimo amazu y’intangarugero, ivuriro,amashuri, ikiraro cy’inka, imihanda, ibibuga...
Ibihe by’ihinga mu Rwanda bibimburirwa n’umuhindo uhindura muri Nzeri, inzara ikagarwanywa n’umushogoro wo mu Kwakira. N’ubwo ariko icyo gihe bizwi ko imvura...
Bamwe mu bahinzi b’imbuto z’amatunda mu murenge wa Muzo baratakambira ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi RAB kubafasha kubona imbuto nziza y’amatunda yihanganira ubutaka bwabo...
Abaturage bo mu Murenge wa Mukura barasaba ko bafashwa kubona ku buryo bworoshye serivisi z’ubuzima zirimo ibikorwa remezo bituma bagera kwa muganga...
Akarere ka Nyamagabe ni kamwe mu turere 8 tugize Intara y’Amajyepfo. Gakikijwe n’uturere 7, Karongi na ruhango mu majyaruguru, Nyanza na Huye...
Ibi ni ibivugwa na bamwe mu bantu bemeza ko Kompanyi zitwara abagenzi zikwiye kunoza serivisi ziha abagenzi. Bamwe bavuga ko nta waceceka...
Guverineri w’intara y’amajyepfo Madame Mureshyankwano Marie Rose, aratangaza ko mu rwego rwo kubaka umujyi wa Huye nk’umwe mu mijyi 6 yunganira uwa...
Abanyarwanda mu mvugo zabo zinyuranye ariko zigamije gukebura abana zibakundisha umurimo, harimo igira iti: “Udakora ntakarye.” Iyi mvugo kandi iri no muri...