Ku itariki ya 28 Ukwakira 2017,Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Ngirente Edouard yifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Nyagatare haterwa ibiti ku buso bwa...
Abatwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali bibumbiye muri Koperative Mba Hafi baremeza ko bakomeje gahunda yo kubyaza umusasaruro wo...
Ibi ni ibyagarajwe n’ibarura ryakozwe n’aka karere ka Gakenke ku bufatanye n’inzego z’ubuzima mu 2016 rikagaragaza ko Impinja 15 ku gihumbi arizo...
Abaturage n’abayobozi mu nzego zitandukanye bo mu Karere ka Rwamagana, bazindukiye mu myitozo ngorora-mubiri izwi ku izina rya Siporo ya bose (Sport...
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana , Mbonyumuvunyi Radjab ari kumwe n’abahagarariye inzego z’umutekano bifatanyije n’abaturage bo mu murenge wa Karenge mu nteko...
Ibi ni ibyavugiwe mu nama yahuje abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge, abayobozi b’ibigo by’amashuri, ab’ibigo nderabuzima n’ibitaro n’abafatanyabikorwa bose mu isuku. Iyi nama yari...
Kimwe n’abandi batari bake, Dusabinana Emmanuel, ni umuvuzi gakondo, akaba umuhanzi kandi agakina za Filimi. Uyu muvuzi gakondo atuye kandi akorera mu...
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gatsibo bagera kuri 70 bishimiye ubufatanye bwiza bagiranye n’Akarere mu mwaka w’ingengo y’imari 2016/2017 banishimira n’umusaruro mwiza wabonetse mu...
Mu nama yagiranye n’abamotari, igamije kurandura ibiyobyabwenge burundu muri aka karere, ACP Dismas Rutaganira ,Umuyobozi wa Polisi y’igihugu mu Ntara y’Iburasirazuba, avuga...
Nyabikiri Umurenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo umaze kubakwamo amazu atanu atuyemo imiryango 20, wabaye igisubizo cya benshi. Mukanyonga Scovia,ni umwe mu...