Ku munsi mukuru wa Asomusiyo 1982, Bikira Mariya yagaragaye i Kibeho arira. Ibi uwabonekerwaga muri icyo gihe, Mukangango Marie Claire yagaragazaga impamvu...
Mu nteko rusange y’urubyiruko yateraniye mu karere ka Huye, tariki ya 21 Kanama 2017, rumwe mu rubyiruko ruhagarariye abandi ruvuga rugiye gushyira...
Uko umwaka utashye, igenamigambi ry’Akarere ritegurwa hifashishijwe ibitekerezo by’Abaturage kugirango bagaragaze ibyo bifuza ko bakorerwa n’Ubuyobozi bw’Akarere. Ibitekerezo by’abaturage kuva ku rwego...
Umuryango urwanya ubukene n’ibibazo bibushamikiyeho mu Karere ka Muhanga (BSD) ugargaza ko imiryango ituriye ibirombe by’amabuye y’agaciro bashonje bahishiwe Ubushakashatsi bwakorewe mu...
Diaspora Nyarwanda yo muri central Africa ihuriwemo n’abanyarwanda batuye,abakorera imiryango mpuzamahanga,inzego z’umutekano z’u Rwanda(ingabo,police n’abacunga gereza) zicunga amahoro muri central Africa batanze...
Kimwe nahandi hose mu gihugu, mu gitondo cyo ku itariki ya 4 Kanama 2017, abaturage bo murenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo, ...
Benshi bavuga ko batabona impamvu yabyo, cyane ko nta ngaruka ya kure ngo babona byabagiraho. Nyamara ariko ibi byica igenamigambi ry’igihugu rigendera...
Mu nama itegura igihembwe cy’ihinga 2018A,umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Kayitare Didas yasabye abashinzwe ubuhinzi n’abafatanyabikorwa mu buhinzi gushishikariza abahinzi gutegura...
Abaturage bo mu murenge wa Mutenderi, akarere ka Ngoma, bubakiye abajyanama b’ubuzima ibyumba hafi y’ingo zabo, bizajya bitangirwamo serivisi z’ubuvuzi ku buryo...
Ibi ni ibyatinzweho n’Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi , Mudaheranwa Juvenal ,ubwo yakiraga indahiro za DASSO bashya 40 baje gufatanya na bagenzi babo...