Mu Karere ka Muhanga Umurenge wa Kiyumba, hatashye ku mugaragaro ikiraro cyo mu Kirere cyubastwe ku bufatanye n’Akarere ka Muhanga n’umufatanyabikorwa Bridge...
Isuku mu ngo, uhereye ku mazu akurungiye neza n’ibikoni byayo, ubwiherero ni byo bisigaye biranga ingo nyinshi mu Karere ka Ngoma. Ng’ibyo...
Tariki 27 Nyakanga 2017, umupolisi w’umwofisiye ufite ipeti rya AIP (Assistant Inspector of Police) yarashe umuturage witwa Zigirinshuti Alexis ahita apfa. Amakuru...
Urwego rushinzwe guteza imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu miryango (Gender Monitoring Office),rugaragaza ko abana 2939 mu ntara y’amajyaruguru batwaye inda zidateganijwe, kandi...
Abahinzi bo mu mirenge ya Matimba na Musheri batuye hafi y’ikibaya cy’Umuvumba barishimira ko nyuma yo guhuza ubutaka bagatangira kubwuhira byabongereye umusaruro...
Minisiteri y’ibikorwa remezo mu Rwanda ivuga ko uturere tugomba gukora igenamigambi ryo gukirakwiza amazi ahantu hose ku buryo amazi meza azagera ku...
Benshi mu bagore bo mu cyaro bazindukira mu turimo tudashira, turimo guhinga, kwita kubana, amatungo no gushaka ibyo kurya nyamara hari benshi...
Mu Karere ka Ruhango, biteguye cyane umukandida wa RPF ubasura uyu munsi kuwa 14 Nyakanga 2017, ahasigaye amasaha atari menshi ibikorwa...
Bamwe mu baturage, bemeza ko kubna amazi meza bikibagora n’abayafite bakaba bavuga ko bikiri imbogamizi kuko 20 %b ayabona bijujuta . Nubwo...
Bamwe mu baturage bagana ikigo nderabuzima cya Kinazi, baravuga ko bishimira ishami ry’iri vuriro begerejwe. Abaturage bavuga ko bashimishijwe n’iki gikorwa, kuko...