Buri wa gatatu abayobozi ku nzego z’uturere bamanuka mu tugari tugize aka karere ka Gicumbi bakajya kwigisha abaturage isuku. Umwaka ushize bwo...
Abana bo mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Gatsibo, baratozwa kumenya guharanira uburenganzira bwabo kugira ngo bategure ejo habo heza. Ibi aba...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyaruguru bwakanguriye abaturage kubuza amahwemo inshoreke zisenyera bagenzi babo Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buvuga ko butewe impungenge n’ikibazo...
Abacuruzi bacururiza mu isoko rya Kabarore, Umurenge wa Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, bishimiye iki gikorwa kurenza abandi, bavuga ko cyatumaga abaguzi batabagurira kubera...
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango, Nyirasafari Espérance, asaba abaturage bo mu murenge wa Rukara, Akagari ka Kawangire, kwamaganira kure ihohoterwa ryose kuko ribangamira...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Mureshyankwano Marie Rose, arahamagarira abarezi kuzamura ireme ry’uburezi no kuba intangarugero aho bari hose no muri byose. Ubwo yafunguraga...
Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Nyagatare kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Kazaire Judith, yahuye n’ibyiciro bitandukanye by’abayobozi ...
Abanyarwanda baba mu Gihugu cya MALI bashyikirije mituweri abaturage 504 b’Akarere ka Ruhango batabashije kwiyishyurira umwaka wa 2016-2017. Ku rwego rw’Akarere iki...
Mu rwego rw’ubukangurambaga bujyanye no ku rwanya Sida mu Rwanda, urugaga rw’abayamakuru barwanya Sida mu Rwanda no guharanira ubuzima (ABASIRWA), rwasuye abagore...
Abaturage bo mu Murenge wa Kiziguro, mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko bavoma amazi y’ibiziba yo mu migende, abandi bakavoma mu iriba...