Uyu munsi wiswe Family Day wabaye taliki 20 Gicurasi 2017 muri Yaya village mu nkengero z’umujyi wa Addis Ababa, uteguwe n’ihuriro ry’abanyarwanda...
Abashakashatsi bari mu nzira zo kuduha ikinini gishobora kugira akamaro nk’ak’imyitozo ngororamubiri ku buryo umuntu azajya akinywa kigasimbura siporo n’indi myitozo. Ikinyamakuru...
Uyu mugabo yatsinze ku majwi 65.1% naho uwo bari bahanganye Marine Le Pen agira amajwi 34.9%. Aya matora yabaye ku cyumweru tariki...
Igihembo mpuzamahanga cyitiriwe Nobel cyizwi ku izina rya Prix Nobel cyangwa Nobel Prize ni gihembo gikomeye ku isi gitangwa buri mwaka...
Ishusho ya Bikiramariya yagaragaye muri Kiliziya ivirirana amaraso Kuri Paruwasi ya Ushusia iherereye mu mu mujyi wa Los Naranjos muri Argentina hagaragaye...
Musenyeri Janusz Urbanczyk, indorerezi ihoraho ya Vatikani mu biro by’umuryango w’Abibumbye bishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge n’ubugizi bwa nabi (UNODC), avuga ko icuruzwa ry’ibiyobyabwenge...
Nkuko Radiyo mpuzamahanga y’abafransa RFI ibitangaza, uyu mugore uvugwaho kuba ashaka kwiyamamariza gusimbura uwahoze ari umugabo we Jacob Zuma, ntajya ahisha ibyifuzo...
Ubusanzwe haba ho amoko menshi y’impanga nk’uko abahanga babitubwira, ay’ingenzi ni abiri abitwa vrai jumeau tugenekereje mu Kinyarwanda twasobanura nk’impanga nyazo, na...
Ubwo Trump yimayamazaga ndetse na nyuma yaho ansindiye amatora yakomeje kuvugwaho cyane kuba atazihanganira abayisilamu n’impunzi muri Amerika. Igitangaje ni uko umwe...
Amakipe atandatu ahenze kurusha andi hagendewe ku bakinnyi (effectif) afite, nk’uko bigaragazwa n’urubuga yahoo.fr, arimo atatu ni ayo mu Umujyi wa Londres,...