Mu murenge wa Rukumberi, ahagana saa sita z’amanywa, abahinzi baranyuranwamo bava gusarura imyaka hafi n’igishanga cy’Akagera gikikije uyu murenge. Bafite imizigo yiganjemo...
Umuyobozi w’inama nkuru y’abafite ubumuga (NCDP); Ndayisaba Emmanuel yavuze ko hakiri ibikibangamira abantu bafite ubumuga m’ukugerwaho na serivisi zitandukanye cyane cyane m’uburezi....
Umuhanzi Ngabo Medard Jobert [Meddy] wari umaze iminsi ine afunzwe kubera gufatwa atwaye imodoka yanyoye ibisindisha, yarekuwe kuri uyu wa Gatanu. Meddy...
Umusaza witwa Munyempano Dominique w’imyaka 85 y’amavuko wamenyekanye nka ’Kanyandekwe’ muri filime y’uruherekane ya ‘Seburikoko’, yemereye urukiko ko yasambanyije umwana w’imyaka irindwi...
Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Davido n’umukunzi we Chioma bibarutse umwana w’imfura w’umuhungu kuri iki cyumweru tariki 20 Ukwakira 2019 mbere y’uko bakora ubukwe mu...
Minisiteri y’uburezi imaze guhabwa ibitabo birenga miliyoni bizafasha abana gusoma.Izi mfashanyigisho z’ibitabo, zatanzwe n’Igihugu cy’Amerika nk’uko bitangazwa n’ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Peter...
Ibi ni ibitangazwa na Uwingabire Ethiene, Umuyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’abarwaye diyabeti mu Rwanda, kuya 5 ukwakira 2019 mu karere ka Nyarugenge hatangiraga...
Ubwo isi izaba yizihiza umunsi mpuzamahanga w’abarimu tariki ya 05 Ukwakira, USAID binyuze m’umushinga Soma Umenye yahaye Rwanda Education Board (REB)Tablet 90...
Kuri uyu wa gatanu hakozwe urugendo rwavaga Ku kigo cy’ibarurisha mibare rwerekeza Ku mujyi wa kigali, aho rwasojwe hagatangwa ibiganiro bibuga kuri...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28/09/2019 Kicukiro m’umurenge wa Gatenga, umuganda rusange ngarukakwezi wahujwe no gusomesha abana inkuru...