Kuri uyu munsi tariki 27 Kamena 2019 i Kigali abafite ubumuga bukomatanyije bizihije umunsi mpuzamahanga ufite insanganyamatsiko igira iti ‘Bose ntiryuzuye tutarimo...
i Kigali tariki 26 Kamena 2019, USAID yizihije imyaka itanu ishize itera inkunga ubuhinzi mu Rwanda binyuze m’umushinga Private Sector Driven Agricultural...
Mu imurikagurisha ry’Ubuhinzi n’Ubworozi riri kubera k’Umurindi bamwe mu baryitabiriye barimo abahinzi ba Kawa barinubira uko ibiciro jya Kawa bihagaze ugereranyije n’ibiciro...
Bimenyimana J. Ubuhinzi bukomeje kuba inkingi ya mwamba y’ubukungu bw’ibihugu byinshi muri Afurika. Mu karere ka Afurika y’iburasirazuba, abagore bakora imirimo y’ubuhinzi...
Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwandaryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima bityo...
Umugabo yaciye Ku kigo kivurirwamo abarwayi bo m’umutwe yumva barimo gusakuza bavugira rimwe ngo cumi na gatatu(13) cumi na gatatu (13) agira...
Mu rwego rwo guteza imbere ubukungu burambye bushingiye k’ubuhinzi ,Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi n’abafatanyabikorwa bayo bagiranye ikiganiro n’urubyiruko rwibumbiye mu ihuriro ”RYAF”rigamije guteza...
Ihuriro ry’abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Afurika y’uburasirazuba “EAFF” batangije uburyo bw’ikoranabuhanga rya Telefoni ryiswe “e-Granar” rizafasha abahinzi bo muri aka...
Abashinzwe kubungabunga ibidukikije baturutse mubihugu by’u Rwanda ,Uganda ,na Congo Kinshasa ,kuri uyu wa 26 Ugushyingo 2018 bahuriye mu nama y’umunsi umwe...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yafashe umwanzuro wo gusubiza Bénin, ibishushanyo by’ubugeni 26 byatwawe n’abasirikare b’igihugu cye mu ntambara yabaye mu myaka...