Mu mujyi wa Kigali kuri ubu hatangiye ubukangurambaga Kuri virusi itera SIDA buzamara igihe cy’amezi atatu. Mujawayezu Cecille avuga ko yahoze ari...
Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya virusi itera SIDA wizihijwe kuri uyu wa gatatu, tariki ya 1 Ukuboza mu Karere ka Nyagatare ufite insanganyamatsiko...
Ubu mu Rwanda abafite ubumuga bw’uruhu rwera , bavuga ko batotezwa bakanahohoterwa birimwo gufatwa ku ngufu, gucibwa intege aho bagiye gushaka akazi...
Rwanda NCD Alliance ku bufatanye na Minisiteri y’ubuzima ibinyujije mu kigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, Rwanda Biomedical Centre (RBC), ku nkunga ya NCD...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko bitazarenga imyaka ibiri hazatangira kubakwa Ikigo cyihariye ku gusuzuma no kuvura indwara z’Umutima, kizunganira Ibitaro...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Musanze bataganirijwe ku buzima bw’imyororokere byabagizeho ingaruka zitandukanye. Muri zo harimo kurwara indwara zandurira mu...
Bamwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Musanze ruvuga ko kuba rwaregerejwe serivisi zo gupima , gutanga udukingirizo Imiti n’ibindi ku buntu...
Afrika y’Epfo yatangiye gukingira abana icyorezo cya Covid-19. Biri mu mugambi w’okugerageza inkingo z’igihugu cy’Ubushinwa. Urwo rukingo rw’Abashinwa Sinovac Biotech rugeragezwa ku...
Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangije ibikorwa byo kuvurira kanseri y’inkondo y’umura mu bigo nderabuzima bigize akarere ka Bugesera. Abagore bari hagati y’imyaka...
Imibare mishya itangwa na Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko imibare y’abandura ndetse n’abarwara icyorezo cya COVD-19 bakaremba bakomeje kugabanyuka hashingiwe ku mibare y’ubushakashatsi...