Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buhangayikishijwe n’ikibazo cy’abasambanya abangavu bagakingirwa ikibaba nabo bakobwa nyuma yo kubashukisha amafranga make no kubizeza ko bazabafasha ....
Abaturarwanda bibukijwe ko Guma Mu Rugo ikomeje kuvugwa ahandi na bo bashobora kuyisangamo mu gihe hatabayeho kwitwararika Guverinoma y’u Rwanda itewe inkeke...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10 Ugushyingo 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje urupfu rw’abagabo babiri barimo uw’imyaka 45 n’uw’imyaka 50 y’amavuko bishwe...
Indwara zitandura ni kimwe mu bihangayikishije isi muri iki gihe mu ngeri zitandukanye z’abantu, muri iki gihe isi yugarijwe n’icyorezo cya Covid-19...
Ibitaro bya Kibagabaga bifite ibikoresho bihagije n’abaganga b’inzobere mu buvuzi bw’amaso Kuri uyu wa Kane tariki 08 Ukwakira 2020, u Rwanda rwifatanyije...
Bimenyimana Jérémie Mu gihe mu zindi shampiyona nk’iy’ubu Faransa abafana batangiye kugaruka ku bibuga, mu Bwongereza ho, biracyari kure nk’ukwezi, kubera icyorezo...
Urushyize kera rushize utsinzwe Urwo washoje ngo uri icyago ! Ubwo icyaha kiguhama Urushyize kera ruraguhagama Koronavirusi urikora Koko rero ubwo urikamata...
Inzego z’ubuzima z’u Rwanda zifatanyije n’iz’ubuyobozi ndetse n’iz’umutekano, zihora zishishikariza abanyarwanda kwirinda no gukumira icyorezo cya Covid-19 kidahwema guhitana abantu. Ibipimo byo...
Nyuma y’igihe kirenga ukwezi inzego z’ubuzima zitangaza imibare iri hejuru y’abantu bashya batahurwaho icyorezo cya COVID-19, guhera mu ntangiriro z’iki cyumweru...
Uko icyorezo cya Covid-19 gikaza umurego no kuzamura ubukana n’umuvuduko kirimo kugenda gikwira, ni ko Guverinoma y’u Rwanda igenda ifata ingamba zo...