Indwara zitandura ni kimwe mu bihangayikishije isi muri iki gihe mu ngeri zitandukanye z’abantu, muri iki gihe isi yugarijwe n’icyorezo cya Covid-19...
Ibitaro bya Kibagabaga bifite ibikoresho bihagije n’abaganga b’inzobere mu buvuzi bw’amaso Kuri uyu wa Kane tariki 08 Ukwakira 2020, u Rwanda rwifatanyije...
Bimenyimana Jérémie Mu gihe mu zindi shampiyona nk’iy’ubu Faransa abafana batangiye kugaruka ku bibuga, mu Bwongereza ho, biracyari kure nk’ukwezi, kubera icyorezo...
Urushyize kera rushize utsinzwe Urwo washoje ngo uri icyago ! Ubwo icyaha kiguhama Urushyize kera ruraguhagama Koronavirusi urikora Koko rero ubwo urikamata...
Inzego z’ubuzima z’u Rwanda zifatanyije n’iz’ubuyobozi ndetse n’iz’umutekano, zihora zishishikariza abanyarwanda kwirinda no gukumira icyorezo cya Covid-19 kidahwema guhitana abantu. Ibipimo byo...
Nyuma y’igihe kirenga ukwezi inzego z’ubuzima zitangaza imibare iri hejuru y’abantu bashya batahurwaho icyorezo cya COVID-19, guhera mu ntangiriro z’iki cyumweru...
Uko icyorezo cya Covid-19 gikaza umurego no kuzamura ubukana n’umuvuduko kirimo kugenda gikwira, ni ko Guverinoma y’u Rwanda igenda ifata ingamba zo...
Perezida w’u Burusiya Vladmir Putin yaraye atangarije kuri televiziyo y’igihugu cye ko abahanga bo muri za Laboratwali z’igihugu cye bakoze urukingo rwa...
Gahunda mbonezamikurire y’abana bato (NECDP) Mu kiganiro yagiranye n’abanyamadini yemeza ko konsa umwana kugeza ku gihe cyagenwe ari ingirakamaro ku mikurire ye...
Uwitwa SHEMA Kevin mwene KABAYIZA Bernard na NYIRABATWARE Busogi utuye m’umurenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge, umujyi wa Kigali, uboneka kuri telefone...