Ikigo Mpuzamahanga cyita ku Buzima, ABBOTT, cyagiranye ubufatanye na Minisiteri y’Ubuzima biciye mu muryango, Team Type 1 Foundation, bwo gutanga ubufasha bw’ibikoresho...
Umushinga Save Generation Organization (SGO), nyuma y’ubushakashatsi bwakorewe ku bangavu n’ingimbi mu gihe cy’amezi 17, wasanze abo bana nta makuru ahagije bafite...
Iwacu+ 250 Bar & Restaurant iherereye sonatube uzamuka ujya Nyanza ya Kicukiro mu ruhande rw’ibumoso ni ku cyapa cya mbere imodoka zihagararaho....
Aloys Supply company ni uruganda rutunganya akawunga ku buryo bugezweho hifashishijwe imashini zujuje ubuziranenge rukaba ruherereye mu karere ka Rwamagana . Aya...
Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo ushinzwe umurimo muri MIFOTRA Mwambari Faustin (iburyo), Yosam Kiiza Umuyobozi Mukuru wa Imanzi Business Instutute (Hagati) na Marie Pierre...
Abanyamahanga barimo n’abakorera Imiryango mpuzamahanga, na bakozi ba Guverinoma ni kenshi basura ibikorwa bya byuyu midhora mari SINA Gérard Umuyobozi wa, SINA...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda y’ubwiteganyirize bw’igihe kirekire yiswe ‘Ejo Heza’ igamije kuzamura igipimo cy’ubwiteganyirize mu gihugu no kuzamura ubukungu. Ubwizigame bw’abanyarwanda...
Ubu mu Rwanda habarirwa abahanga mubyimiti igihumbi (1000) kuri uyu wagatatu bahuye nabagenzi babo baturutse ku migabane itandukanye mu nama yiminsi ibiriri....
Mu murenge wa Rukumberi, ahagana saa sita z’amanywa, abahinzi baranyuranwamo bava gusarura imyaka hafi n’igishanga cy’Akagera gikikije uyu murenge. Bafite imizigo yiganjemo...
Umuyobozi w’inama nkuru y’abafite ubumuga (NCDP); Ndayisaba Emmanuel yavuze ko hakiri ibikibangamira abantu bafite ubumuga m’ukugerwaho na serivisi zitandukanye cyane cyane m’uburezi....