Kubaka igihugu kitarangwa mo ibiyobyabwenge byashoboka. Icyo bisaba ni uko abantu bo mu nzsgo zitandukanye zakorera hamwe, hagamijwe kwigisha ababicuruza ngo babicike...
Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko mu Rwanda abana 12% bakirwara impiswi kubera amazi mabi akoreshwa mu miryango yabo.Byatangarijwe mu nama mpuzamahanga y’iminsi itanu...
Icyorezo cya SIDA kiracyaza mu ndwara zitwara ubuzima bw’abantu batari bake, kuko kitabonerwa umuti cyangwa urukingo. U Rwanda rurakira inama INTEREST 2018...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Huye baratangaza ko bishimira gahunda yo guhinga imirima y’imboga zo mu gikoni, kuko byabaviriyemo gusezerera...
Abajyanama b’ubuzima 108 n’abaganga 20 basoje amasomo y’ururimi rw’amarenga bitezweho guha service nziza abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga Abashoje amasomo Aba...
Ubuyobosi bw’Ishyirahamwe nyarwanda ry’abarwayi ba diyabeti, buvuga ko Mu Rwanda abantu bazi ko indwara ya diyabete ikunze gufata abantu bakuze gusa kandi...
Ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabeti mu Rwanda rikomeje gukora ubukangurambaga mu kuyirwanya rivuga ko bikigoranye kwitabwaho mu gihe uyirwaye kandi ikomeje kwiyongera. Umuyobozi...
Umuvuzi gakondo , uzwi byemewe mu Ihuriro ry’abavuzi gakondo mu Rwanda (Aga Rwanda Network) Habumuremyi Innnocent, ukorera mu murenge wa Kimisagara, yemeza...
Ibi ni ibivugwa n’Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’abarwayi ba Diyabeti mu Rwanda,( ARD), Gishoma Crispin, uvuga ko bakora uko bashoboye kogirango bakire kandi bavure...
Kuva Gahunda ya Girin Munyarwanda itangijwe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika mu mwaka wa 2006, ingo zisaga ibihumbi 10 muri 70 birengaho...