Benshi mu bagore cyangwa abagabo cyangwa bakunze kwibaza ku kibazo cyo kuboneza urubyaro cyangwa bakibaza abaganga abaganga mbere cyangwa mu gihe bari...
Mu nama yahuje abahagarariye abavuzi gakondo mu turere tariki ya 29 Ugushyingo 2017, bongeye gusasa inzobe bavuga n’akari imurori bagamije kuzahura ihuriro...
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita kuri Sida (ONUSIDA) rivuga ko muri 2016, abantu basaga miliyoni 1,8 bishwe na Sida kandi ko nibura umuntu...
Tariki ya 1 Ukuboza buri mwaka, ni umunsi ngarukamwaka mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya Sida. U Rwanda rwifatanije n’isi yose mu kwizihiza...
Kubera kutabimenya, abantu batari bake bavuga ko indwara ya diyabeti ifata abantu bakuru gusa nyamara iri iri mu moko atatu ashobora...
Inama ihuje impuguke zitandukanye mu buzima bw’umwana n’umugore ndetse n’ingimbi n’abangavu, iteraniye i Kigali mu Ubumwe Grande Hotel, bamwe mu bayigize barasanga...
Umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro (Paxpress). ku bufa bufatanye n’umuryango w’urubyiruko ruharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere (AJPRODHO -JIJUKIRWA), Umuryango ugamije kurengera uburenganzira bw’umugore...
Hambere iyo umwana yavukiraga kwa muganga atagejeje igihe yashyirwaga mu byuma bimushyushya bizwi ku izina rya couveuse. Ubu ibyo byuma ntibigikoreshwa ahubwo...
Akarere ka Gakenke ni kamwe mu turere dutanu tugize intara y’Amajyaruguru. Aka karere gafite ibigo nderabuzima 23, niko karangaje imbere y’utundi turere...
Indwara ya Diyabete ihangayikshije isi kuko ikomeje kuzamura ubukana, ibyo kandi bikaba bibi kurushaho, kuko abenshi mubarwaye iyo ndwara bativuza kuko batazi...