Amata ni kimwe mu binyobwa n’abatari bakunda mu bihe bitandukanye usibye kuyanywa kandi abyazwamo ibindi bitandukanye nk’amavuta n’ibindi Umuganga w’umuhanga mu kuvura...
Ku bufatanye bw’umuryango w’abanyamakuru barwanya Sida n’izindi ndwara uzwi ku izina rya ABASIRWA n’ikigo cy’igihugu gishinzwe itumanaho mu buzima (RBC), abanyamakuru basuye...
Urubyiruko rurakangurirwa kugira uruhare runini mu kurwanya no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina,rikorerwa abagore n’abakobwa kuri internet,binyuze ku mbuga nkoranyambaga. Ibi ni...
Benshi mu bagore cyangwa abagabo cyangwa bakunze kwibaza ku kibazo cyo kuboneza urubyaro cyangwa bakibaza abaganga abaganga mbere cyangwa mu gihe bari...
Mu nama yahuje abahagarariye abavuzi gakondo mu turere tariki ya 29 Ugushyingo 2017, bongeye gusasa inzobe bavuga n’akari imurori bagamije kuzahura ihuriro...
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita kuri Sida (ONUSIDA) rivuga ko muri 2016, abantu basaga miliyoni 1,8 bishwe na Sida kandi ko nibura umuntu...
Tariki ya 1 Ukuboza buri mwaka, ni umunsi ngarukamwaka mpuzamahanga wahariwe kurwanya icyorezo cya Sida. U Rwanda rwifatanije n’isi yose mu kwizihiza...
Kubera kutabimenya, abantu batari bake bavuga ko indwara ya diyabeti ifata abantu bakuru gusa nyamara iri iri mu moko atatu ashobora...
Inama ihuje impuguke zitandukanye mu buzima bw’umwana n’umugore ndetse n’ingimbi n’abangavu, iteraniye i Kigali mu Ubumwe Grande Hotel, bamwe mu bayigize barasanga...
Umuryango w’abanyamakuru baharanira amahoro (Paxpress). ku bufa bufatanye n’umuryango w’urubyiruko ruharanira uburenganzira bwa muntu n’iterambere (AJPRODHO -JIJUKIRWA), Umuryango ugamije kurengera uburenganzira bw’umugore...