Abo ni impunzi z’abanyekongo ziri mu nkambi ya Nyabiheke mu karere ka Gatsibo, zivuga ko imiryango yabo igenda yaguka amazu babamo akababana...
Mu nama yahuje Ubuyobozi bw’Akarere n’aba Malayika Mulinzi bo mu Karere ka Huye, ubuyobozi bw’aka Karere bwagaragaje ko bushimira cyane aba bitangira...
Urubyiruko rwinshi rutinya gushaka rukeka ko kubaka urugo ari ibintu bitoroshye. Impamvu zigaragaza ko gutekereza muri ubu buryo ari ukwibeshya. Hifashishijwe urubuga...
Umwaka 2016-2017, uruganda rw’amazi rwubatswe ku mugezi wa Kanyonyomba mu Murenge wa Gashora ruzageza amazi mu mirenge 4; Gashora, Mayange, Rweru, Ririma...
Urubuto rwa Pomme rufite umumaro ntagereranywa ku buzima bwawe.Umubiri w’ umuntu ukenera ibintu bitandukanye, birimo no kurya imbuto kugira ngo ukore neza,...
Umuganga Dupont Jiles wo mu gihugu cy’Ubufaransa , avuga ko Icunga ari rumwe mu mbuto zikunzwe cyane ku isi kandi rikungahaye cyane...
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donathille, avuga ko ikibazo cy’amakimbirane agaragara mu ngo z’abashakanye muri iki gihe giteye impungenge bitewe...
Tariki ya 06/06/2017, Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Dr Mukabaramba Alivera, ari kumwe n’ihuriro ry’abanyamakuru n’abahanzi baharanira...
.Abafite ubumuga bukomatanyije bwo kutabona, kutumva no kutavuga, bemeza ko baramutse bafashijwe kubona ishuri ryihariye, byabafasha kugira uruhare mu iterambere mu mibereho yabo. Mu...
Mwulire, ni umwe mu mirenge 14 igize Akarere ka Rwamagana, Intara y’iburasirazuba. Abaturage b’uyu murenge batunzwe ahanini n’buhinzi n’ubworozi n’ibindi bikorwa bakora...