Tariki 27 Nyakanga 2017, umupolisi w’umwofisiye ufite ipeti rya AIP (Assistant Inspector of Police) yarashe umuturage witwa Zigirinshuti Alexis ahita apfa. Amakuru...
Urwego rushinzwe guteza imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu miryango (Gender Monitoring Office),rugaragaza ko abana 2939 mu ntara y’amajyaruguru batwaye inda zidateganijwe, kandi...
Mavis Appiah ni umunye Ghana utoza ikipe y’abagabo yitwa DC united. Mavis yatoje iyi ikipe nk’umutoza wungirije kugeza muri 2016 . Nyuma...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi iravuga ko iriho ikora ibishoboka kugirango umusaruro w’amata uboneka mu Rwanda utunganywe neza binyuze mu makaragiro ashyirwa hirya no...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga ivuga ko gahunda nshya ya Internet kuri bose izafasha kongera umubare w’abakoresha ikoranabuhanga banaribyaza umusaruro nibura abakoresha internet bakiyongeraho...
Minisiteri y’ibikorwa remezo mu Rwanda ivuga ko uturere tugomba gukora igenamigambi ryo gukirakwiza amazi ahantu hose ku buryo amazi meza azagera ku...
Benshi mu bagore bo mu cyaro bazindukira mu turimo tudashira, turimo guhinga, kwita kubana, amatungo no gushaka ibyo kurya nyamara hari benshi...
Bamwe mu baturage, bemeza ko kubna amazi meza bikibagora n’abayafite bakaba bavuga ko bikiri imbogamizi kuko 20 %b ayabona bijujuta . Nubwo...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, cyatashye ku mugaragaro ibyumba by’amashuri byubakiwe abana bo ku ishuri ribanza ry’Akagera riherereye hafi ya Pariki y’Akagera, bibarinda...
Nkuko byakunze kugarukwho na rapro zitandukanye, mu ntara y’Amajyaruguru, ni hamwe mu hakunze kugaragara ikibazo gikomeye cy’indwara zibasira abana ziturutse ku mirire...