Umubiri w’umuntu ukenera vitamini zitandukanye kugirango abashe kugira imikurire myiza, kandi abe umuntu ukomeye. Niyo mpamvu rburi muntu wese ategetswe gufata izo...
Tariki ya 19 Mata 2017Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bufatanyije n’inzego z’umutekano n’abaturage, bameneye mu ruhame ibiyobyabwenge bifite agaciro gasaga miliyoni 25 z’amanyarwanda....
Ni umuganda wari ugamije kwerekera no gufasha abahinzi b’ibigori uburyo bwo guhashya iyi nkongwa yibasiye ibigori bahinze muri iki gihembwe cy’ihinga 2017B...
Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu...
Minisiteri y’Uburezi iributsa abayobozi b’ibigo by’amashuri, Abarezi, Ababyeyi, Abanyeshuri ndetse n’abagize amashyirahamwe akora umwuga wo gutwara abantu mu ngendo zitandukanye ko amasomo...
Sayinzoga Jean, wari Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero, (RDRC), yitabye Imana ku cyumweru...
Umurenge wa Bwira ni umwe mu mirenge 13 igize Akarere ka Ngororero, utuwe n’abaturage 17.418 batuye mu ngo 4.800, uri ku birometero...
Imijyi myinshi ya kera yabaga ikikijwe n’inkuta zikomeye zayirindaga. Iyo umwanzi yapfumuraga n’akenge gato muri izo nkuta, uwo mugi wabaga uhuye n’akaga....
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Werurwe 2017 ibiciro bikomatanyirijwe hamwe mu mijyi no mu byaro, byiyongereyeho 13,0% ugereranyije...
Ku nshuro ya 23 hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi 1994l abanyagatsibo bibukijwe gukomeza kwitandukanya n’ingengabitekerezo ya Jenoside kugirango bakomeze biyubakire igihugu. Ibi byagarutsweho...