Makuza Bertin, umunyemari uzwi mu mujyi wa Kigali, uherutse kwitaba Imana mu buryo butunguranye, tariki 3 Ugushyingo 2016 yasezeweho mu cyubahiro n’abana...
Dr.Rose Mukankomeje wahoze ayobora ikigo cy’igihugu cyita ku bidukikije (REMA), yajuririye icyemezo aherutse gufatirwa n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge cyo gufungwa iminsi 30...
Ubu bufatanye bwatangiriye mu biganiro Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yagiranye n’Abadepite baturutse muri bimwe mu bihugu by’i Burayi, bari mu muryango...
Dr Rose Mukankomeje usanzwe ari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA afunzwe n’inzego za polisi aho akurikiranyweho gushaka gukingira ikibaba abayobozi...
Hari taliki 04/11/2015, Umuyobozi wa REG LTD n’ikipe ye yabonanye n’abanyamakuru b’ibinyamakuru bitandukanye, nk’uko bikubiye mu itangazo rigenewe abanyamakuru, REG LTD yaje...
Ubushakashatsi buherutse gushyirwa hanze na Global Media Monitoring Project bwagaragaje ko ibikorwa by’abagore bivigwa mu itangazamakuru bikiri hasi cyane kuko basanze mu...
Sosiyete y’itumanaho Airtel Rwanda muri izi mpera za noheli na bonane igaruye poromosiyo “NI IKIRENGAAA!” aho abafatabuguzi bayo bazajya batsindira ibihembo bitandukanye...
Yabitangarije i Davos mu Busuwisi mu nama mpuzamahanga ngarukamwaka yiga ku bukungu bw’isi, World Economic Forum. Mu kiganiro kiswe “Transformation of Tomorrow”...
Uko imyaka igenda yicuma ni nako ikoranabuhanga rikataza mu guteza imbere abaturage, ndetse n’ibihugu byabo. Kuri ubu mu Rwanda haje uburyo bushya...
Abarangije amashuri yisumbuye na kaminuza bo mu karere ka Gatsibo, baravuga ko bababangamirwa no gusabwa uburambe mu kazi iyo bagiye kugasaba, ibyo...