Mu rwego rwo gukomeza kunoza imitangire ya serivise zihabwa abaturage, Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere myiza(RGB) rurakangurira abayobozi b’inzego zitandukanye zatowe gukomeza kunoza imitangire...
Umurenge wa Kimisagara, ni umwe mu mirenge igize Akarere ka Nyarugenge, uri mu mujyi rwagati. Imiterere y’uyu murenge ugizwe ahanini n’imisozi miremire...
Tariki ya 16 Werurwe 2017,Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyagaragaje imibare mishya igaragaza ko mu mwaka wa 2016, ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 5,9, mu...
Indwara zitandura kandi zidakira zihangayikishije u Rwanda nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwa RBC, niyo mpamvu ifatanyije n’ikigo cy’igihugu cy’Ubumenyi ngiro haze guhugurwa abafasha...
Mu karere ka Gicumbi haravugwa ikibazo cy’abana basaga 250 barwaye bwaki bitewe n’ikibazo cy’ubujiji kuko usanga ababyeyi bagaburira abana indyo imwe n’iyabantu...
Mu gikorwa cyo kwitura cyabaye mu Karere kose ka Ruhango tariki ya 10 Werurwe 2017,mu Mirenge yose abantu 167 bagabiwe inka mu...
Atangiza ku mugaragaro igihembwe cy’ihinga 2017B umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Mupenzi Georges, yakanguriye abahinzi gukora ubuhinzi bw’umwuga kuko ari bwo n’umusaruro wiyongera...
Nyuma y’igihe Kaminuza ya Kigali ikorera mu nzu y’inkodeshanyo kuri ubu bitarenze umwaka utaha iyi Kaminuza izaba iri gukorera mu nyubako yayo...
Indwara zitandura zikomeje kwiyongera, kubera ahanini imyitwarire y’abantu nayo igenda ihinduka. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza icyumweru cy’Ubuzima kigamije...
Nkuko Radiyo mpuzamahanga y’abafransa RFI ibitangaza, uyu mugore uvugwaho kuba ashaka kwiyamamariza gusimbura uwahoze ari umugabo we Jacob Zuma, ntajya ahisha ibyifuzo...