Mu murenge wa Simbi,Akagali ka Kabusanza, niho ahatangirijwe ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka umudugudu ntangarugero . Iki gikorwa cyitabiriwe na Minisitiri w’abakozi...
Tariki ya 26 Mutarama 2017, inzu 20 z’ubucuruzi mu murenge wa Kabarore ku muhanda Kigali-Nyagatare, mu Karere ka Gatsibo, zafunzwe imiryango bitewe...
Abanyarwanda bagaragaza ko bakunda ibikorerwa iwabo, ikibazo kikaba ko bitabageraho ari byinshi. Kimwe mu byo bishimira ni umuziki w’abanyarwanda, kandi Air Tel...
Amakipe atandatu ahenze kurusha andi hagendewe ku bakinnyi (effectif) afite, nk’uko bigaragazwa n’urubuga yahoo.fr, arimo atatu ni ayo mu Umujyi wa Londres,...
Tariki ya 25 Mutarama 2017, inzego z’umutekano z’u Rwanda n’ubuyobozi bw’ibanze zangije ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 23 byafatiwe mu nkambi ya...
Akarere ka Nyagatare kagaragara muri raporo y’ibikorwa ya Komisiyo ishinzwe Abakozi ba Leta y’umwaka wa 2015 – 2016, mu nzego za Leta...
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’u Rwanda (Transparency International Rwanda), Ingabire Marie Immaculeé , avuga ko abantu badakwiye kujya bashyira...
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda, STECOMA (Syndicat des Travailleurs de Construction, Menuiserie et Artisanat- ihuriro ry’abafundi, ababaji n’abanyabukorikori ryategayije gutanga impamyabushobozi...
Leta y’u Rwanda ishishikajwe cyane n’iterambere rya buri munyarwanda, ari nayo mpamvu ihora ishyiraho gahunda zigamije kuzamura umunyarwanda mu rwego arimo rwose,...
Abantu benshi barakomeza kutavuga rumwe ku bijyanye n’igabanuka rikabije ry’ibiribwa mu Rwanda. N’ubwo umuhindo utagenze neza muri rusange kubera imvura yabaye nkeya,...