Turamenyesha ko uwitwa KATASAYINI Ashura mwene Swaleh Kide Ismaill na Mukamwezi Zainabo, utuye mu Mudugudu wa Intwari, Akagari ka Rwampara, Umurenge wa...
Mu gihe ubusanzwe kugira imodoka nshya bisaba ubushobozi buhambaye, KEZA SHOP & LAND CRUISER CARE SHOP yatangije serivisi yo guhindura imodoka za...
Ku wa 30 Mutarama 2024, u Rwanda rwifatanyije n’amahanga kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya indwara zititabwaho (NTDs), wahujwe n’Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera, Umurenge wa Rweru, baravuga ko basobanukiwe ko ibibembe atari amarozi cyangwa igihano, ahubwo ari...
Abaturage bo mu Karere ka Rubavu baratangaza ko ubuvuzi bagiye bahabwa ndetse n’ubukangurambaga bukomeje gukorwa ku ndwara y’imidido byatumye akato n’ivangura bari...
Abajyanama b’ubuzima bo mu Murenge wa Mudende, Akarere ka Rubavu, bagize uruhare rukomeye mu guhindura imyumvire y’abaturage no kubafasha kurandura ikibazo cy’indwara...
Bamwe mu bari n’abategarugori bo mu Karere ka Gakenke, umurenge wa Ruli, baritinyuye bayoboka inzira y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro aho kuri ubu bakora...
Ikigo cy’amashuri cya APADERWA gikomeje gutangarirwa kubera ireme ry’uburezi gitanga n’uburyo abana bacyo bitsindira ku rwego rwo hejuru. Mu mwaka w’amashuri wa...
Nubwo Leta y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bashyize imbaraga mu guhashya indwara zititaweho uko bikwiye (NTDs), ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara ku wa 16 Mutarama...
Abari n’abategarugori bakora mu kigo cyigenga gishinzwe gucunga umutekano, High Sec, baravuga ko umwuga wabo wabahinduriye ubuzima mu buryo bugaragara, ukabafasha gutera...