Twasuye zimwe mu nganda zitunganya ibikomoka ku ifarine badutangariza ko muriyi minsi bisaba ubushishozi kugirango batangwa mugihombo bakazima burundu,kubera izamuka r y’ibiciro...
Uyu mwaka, Umunsi mpuzamahanga w’umugore uzizihizwa hifashishijwe insanganyamatsiko igira iti: Abagore mu buyobozi:Amahirwe angana mu guhangana n’icyorezo cya COVID-19.(Women in leadership: Achieving...
Inyandiko yo muri Bibiliya Ntagatifu, mu gitabo cya Matayo ivuga ko ‘Kuko aho babiri cyangwa batatu bateraniye mu izina ryanjye, nanjye mba...
Mu gihe ahenshi abakozi bakora akazi ko gupakira ibishingwe no gukubura mu mihanda bagiye bataka ko badahembwa n’abakoresha kandi abakora ako kazi...
Covid -19 yateye igihombo abacuruzi banini n’abato harimwo no kwishyura abakozi badakora Kuva Covid -19 igaragaye mu Rwanda bwa mbere mu Werurwe...
Ibikorwa bya Sina Gerard bikunze kugaragara ahantu hose mu Rwanda ndetse no mu mahanga, buri mwaka uru ruganda ruhanga ikintu gishya ubu...
Perezida wa Koperative Light Business ikorera Nyabugogo mu nyubako yo Munkundamahoro bwana Paul Niyonsenga avuga ko bakomeje inzira y’iterambere no gushakira hamwe...
Abafite ubumuga bwo kutavuga kutumva no kutabona aribwo bita ubumuga bukomatanyije barasaba Leta ko bashyirirwa ho ikiciro cyabo kihariye bakitabwaho by’umwihariko bakemurirwa...
Indwara zitandura ni kimwe mu bihangayikishije isi muri iki gihe mu ngeri zitandukanye z’abantu, muri iki gihe isi yugarijwe n’icyorezo cya Covid-19...
Urwego rw’Igihugu ngenzura mikorere, RURA rwatangaje hashingiwe ku byemezo by’inama Minisitiri w’Intebe yagiranye n’inzego zitandukanye, rumenyesha Abaturarwanda bose ko ibiciro by’ingendo rusange...