Muri kigihe icyorezo cya COVID-19 cyakajije ubukana mu kwiyongera ku bwandu bushya ndetse ikaba iri kwihinduranyamo ubundi bwoko bushya bwa Virusi ,bamwe...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko hari ibimenyetso bifatika by’uko ubwoko bushya bwa Coronavirus buzwi nka Delta bwageze mu Rwanda, bikaba...
Muri kigihe icyorezo cya COVID-19 cyakajije ubukana mu kwiyongera ku bwandu bushya ndetse ikaba iri kwihinduranyamo ubundi bwoko bushya bwa Virusi ,bamwe...
Abantu batari bacye bamaze gupfa muri Canada kubera inkubi y’ubushyuhe itunguranye ikomeje kugera ku bipimo bitigeze biba mbere. Polisi mu gace ka...
Umukobwa w’imyaka 11 yibarutse, ibintu bitari bisanzwe mu mateka y’igihugu cy’Ubwongereza. Uyu mukobwa utatangajwe izina, ikinyamakuru The Sun kivuga ko yabyaye mu...
Mu Karere ka Rwamagana abafatanya bikorwa barishimira ibyo bagezeho kubufatanye na Karere mu kwesa imihigo muri uyumwaka bageza bimwe mu bikorwa remezo...
mu ngingo zitavugwaho rumwe na benshi ni umuco. Indi mu ngingo zitavuzweho rumwe ni uguhana abana cyane cyane abanyeshuri, kuva ku ncuke...
Imvugo igira iti “Ntawutanga icyo adafite” ikoreshwa n’ushaka kugaragaza uburyo iby’umuntu ashoboye ari byo aha abandi, ni na yo ushobora kwifashisha mu...
Inama y’Abaminisitiri yoroheje zimwe mu ngamba zo kwirinda Coronavirus aho yanzuye ko imihango yo gusaba no kwiyakira bijyanye n’ubukwe byasubukuwe, bikazajya byitabirwa...
Abanyarwanda bahagurukiye kwishakamo ibisubizo Aho guhanga amaso ibivuye mu mahanga. Ibi bitangajwe na bamwe mu bafite inganda zitunganya akawunga Multi-vitamins Ltd ni...