Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo ushinzwe umurimo muri MIFOTRA Mwambari Faustin (iburyo), Yosam Kiiza Umuyobozi Mukuru wa Imanzi Business Instutute (Hagati) na Marie Pierre...
Abanyamahanga barimo n’abakorera Imiryango mpuzamahanga, na bakozi ba Guverinoma ni kenshi basura ibikorwa bya byuyu midhora mari SINA Gérard Umuyobozi wa, SINA...
NIRDA ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda,cyatangije amarushanwa ku batunganya ibikomoka ku biti arimo miliyoni magana atatu z’amafaranga y’u Rwanda (300,000,000Frw), bashaka ubufasha bwo...
Niringiyimana (ubanza iburo) yari yitabiriye umuhango wo gutangiza Poromosiyo ya Tera Stori Ikigo k’Itumanaho Airtel-Rwanda kifashishije Niringiyimana Emmanuel w’imyaka 23 y’amavuko wahanze...
Musabyimana Jean Cloude umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), avuga ko kugira ngo igihugu kibe mumutekano w’ibiribwa hari byinshi byo gukorwa...
Kuri uyu wa mbere muri Kigali convention center hatangirijwe imurikabikorwa ry’ibikorerwa m’ubushinwa ryitezweho guteza imbere ubuhinzi mu Rwanda. Ni imurikabikorwa ryatangijwe k’umugaragaro...
Imyaka ibaye irindwi abakoresha ikompanyi itwara abagenzi yitwa Kigali Coach bishimira serivise ibaha . Sosiyete itwara abantu, Kigali Coach imaze imyaka 7...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda y’ubwiteganyirize bw’igihe kirekire yiswe ‘Ejo Heza’ igamije kuzamura igipimo cy’ubwiteganyirize mu gihugu no kuzamura ubukungu. Ubwizigame bw’abanyarwanda...
Ubu mu Rwanda habarirwa abahanga mubyimiti igihumbi (1000) kuri uyu wagatatu bahuye nabagenzi babo baturutse ku migabane itandukanye mu nama yiminsi ibiriri....
Mu murenge wa Rukumberi, ahagana saa sita z’amanywa, abahinzi baranyuranwamo bava gusarura imyaka hafi n’igishanga cy’Akagera gikikije uyu murenge. Bafite imizigo yiganjemo...