Uko umwaka utashye, igenamigambi ry’Akarere ritegurwa hifashishijwe ibitekerezo by’Abaturage kugirango bagaragaze ibyo bifuza ko bakorerwa n’Ubuyobozi bw’Akarere. Ibitekerezo by’abaturage kuva ku rwego...
Uyu muryango (Centre Cyprien Daphrose Rugamba) washinzwe na Rugamba Cyprien afatanije n’umugore we Daphrose,uzizihiza yubile y’imyaka 25 umaze ukora ibikorwa bya gikiristu...
Birashoboka ko benshi twaba tuzi indwara ya diyabeti, ariko si benshi bazi ubukana bwayo. Bumwe mu bubi bwa Diyabeti harimo n’ubuhumyi. Nyamara...
Diaspora Nyarwanda yo muri central Africa ihuriwemo n’abanyarwanda batuye,abakorera imiryango mpuzamahanga,inzego z’umutekano z’u Rwanda(ingabo,police n’abacunga gereza) zicunga amahoro muri central Africa batanze...
Mu mwaka wa 2020, Guverinoma y’u Rwanda yiteze ko abakora ubuhinzi mu Rwanda bazaba bangana na 50 %, bavuye kuri 72 %...
Kibeho ni umujyi muto uherereye mu karere ka Nyaruguru mu majyepfo y’u Rwanda. Ni ahantu hamenyekanye cyane igihe habaga amabonekerwa mu mwaka...
Ku nshuro ya 5 , Ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabeti mu Rwanda, (Association Rwandaise des diabétiques)-ARD) ryasoshoje ingando (camp) y’abana babana n’uburwayi bwa...
Mu matora ya Perezida wa Repubulika yabaye kuri uyu wa 4 Kanama ma 2017, hari bamwe mu baturage b’abanyarwanda batigeze bayitabira kandi...
Kimwe nahandi hose mu gihugu, mu gitondo cyo ku itariki ya 4 Kanama 2017, abaturage bo murenge wa Kabarore, Akarere ka Gatsibo, ...
Kuri uyu wa gatatu taliki 9/8/2017 muri college st André hateraniye abana b’abakrisitu baturutse hirya no hino mu gihugu mu matorero atandukanye...