Tariki ya 25Mutarama 2017 Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Kazayire Judith, yasuye abaturage bo mu murenge wa Matimba muri gahunda ya buri wa gatatu...
Mu gihe hamenyerewe ko abagabo ari bo bakora imirimo ya tekinike, mu Murenge wa Nyamata, Akarere ka bugesera, iyo mirimo ikorwa n’abagore...
Ibi ni ibivugwa na bamwe mu bagore bibumbiye mu matsinda y’urugaga ruhuje abagore b’abakene baharanira iterambere (Poor Womens developement Network-Réseaux de développement...
Mu Karere ka Ruhango hatangijwe ku mugaragaro igikorwa cyo kubaka umudugudu w’ikitegererezo wa Kigabiro uherereye mu mudugudu wa Bugarura, Akagali ka Bweramvura...
Mu murenge wa Simbi,Akagali ka Kabusanza, niho ahatangirijwe ku mugaragaro ibikorwa byo kubaka umudugudu ntangarugero . Iki gikorwa cyitabiriwe na Minisitiri w’abakozi...
Tariki ya 26 Mutarama 2017, inzu 20 z’ubucuruzi mu murenge wa Kabarore ku muhanda Kigali-Nyagatare, mu Karere ka Gatsibo, zafunzwe imiryango bitewe...
Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane ishami ry’u Rwanda (Transparency International Rwanda), Ingabire Marie Immaculeé , avuga ko abantu badakwiye kujya bashyira...
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda, STECOMA (Syndicat des Travailleurs de Construction, Menuiserie et Artisanat- ihuriro ry’abafundi, ababaji n’abanyabukorikori ryategayije gutanga impamyabushobozi...
Diyabete ni indwara iterwa n’ubwiyongere bukabije bw’isukari nyinshi ndetse hakaba n’iterwa n’isukari nkeya mu mubiri, ariko kandi ikaba ivurwa igakira iyo igaragaye...
Mu Karere ka Muhanga abayobozi batangiye gahunda zo gufasha abahinzi kwibonera igisubizo ku kibazo cy’imihindagurikir y’ikirere. Ni muri uru rwego abayobozi b’Akarere...