Umurenge wa Bwira ni umwe mu mirenge 13 igize Akarere ka Ngororero, utuwe n’abaturage 17.418 batuye mu ngo 4.800, uri ku birometero...
Kuri uyu wa 11/04/2017, umuyobozi w’Akarere ka Huye,Kayiranga Muzuka Eugene mu kiganiro yahaye abakozi bose bakorera ku biro by’ako karere gifite inyito...
Umwari ukwiye ntiyiyandarika. Iyo ni indirimbo y’umuhanzi w’umunyarwanda Twagirayezu Kayisani, wahanaga abakobwa b’abanyarwandakazi abasaba kutiyandarika, no guhesha ishema ababyeyi babo. Uyu munya...
Twifashishije inyandiko ya Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG), twabegeranyirije bimwe mu byaranze uyu munsi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...
Abakolonije u Rwanda baruzanye mo urusobe rw’ibintu bimwe byiza ibindi bibi, ariko kimwe mu bikomeye ni ukurutubya no kubumba imbago zarwo kandi...
Imijyi myinshi ya kera yabaga ikikijwe n’inkuta zikomeye zayirindaga. Iyo umwanzi yapfumuraga n’akenge gato muri izo nkuta, uwo mugi wabaga uhuye n’akaga....
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Werurwe 2017 ibiciro bikomatanyirijwe hamwe mu mijyi no mu byaro, byiyongereyeho 13,0% ugereranyije...
Ku nshuro ya 23 hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi 1994l abanyagatsibo bibukijwe gukomeza kwitandukanya n’ingengabitekerezo ya Jenoside kugirango bakomeze biyubakire igihugu. Ibi byagarutsweho...
Ijwi ry’abana(Children’s Voice Today) ni umuryango w’imbere mu gihugu(local NGO) watangiye mu mwaka wa 2001 ugamije guha abana amahirwe yo kugira uruhare...
Abaturage bo mu murenge wa Bwira mu karere ka Ngororero mu ntara y’uburengerazuba by’umwihariko urubyiruko baravuga ko bahangayikishijwe no kutagira umuriro w’amashanyarazi...