Amatorero n’Amadini akorera mu karere ka Gatsibo arahamya ko bafitanye imikoranire myiza na leta y’u Rwanda. Ibi byagarutsweho na Bishop Alex Birindabagabo,Umuyobozi...
Urubyiruko rwo mu Karere ka Ruhango, rurahamagarirwa kugira imyitwarire ikwiye, no kugendera kure ibishyira ubuzima bwabo mu kaga ko kwandura indwara zitandukanye...
Nkosazana Dlamini Zuma wahoze ari umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. Mu minsi ishize yemreye ishyaka riri ku butegetsi muri...
Imibare igaragzwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR, igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya mbere cya 2017 bwageze kuri miliyari 1.817...
Ibi ni ibyavuzwe n’ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango, tariki ya 4 Nyakanga 2017, ubwo abaturage b’Akarere ka Ruhango biteguraga umunsi ngarukamwaka wo kwibohora....
Ku nshuro ya 19 Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu AJPRODHO-JIJUKIRWA wongeye gutumiza abanyamuryango bawo baturutse hirya no hino mu gihugu mu Nteko...
Kuwa 02 Nyakanga 2017 i Nyamirambo habaye Irushanwa ryo gusoma Korowani mu mutwe, ryaje kwegukanwa n’umusore Semakura Djamil ukomoka mu gihugu cya...
Ibi ni ibyavuzwe n’Umunayamaba nNshingwabikorwa w’Inama Nkuru y’itangazamakuru, tariki ya 5 Nyakanga 2017 ubwo yasozaga amahugurwa y’abanyamakuru ku nkuru zishingiye ku mibare....
Ibiri ku isi bikomeje kutavugwa rumwe, abahanga bakemeza ko byabaye ho kubera ubwihindurize bw’isi, abihayimana nabo bati reka da, ibiri ku isi...
Ikipe ya Chili imaze gukatisha itike y’umukino wa nyuma nyuma yo gusezerera Portugal ku mipira iterwa mu izamu (Tirs au buts), kuko...