The Rwanda Standards Board (RSB) in collaboration with the Rwanda Plumbers Organization (RPO) orchestrated an awareness workshop focused on the standardization and...
Mu gihe kuri uyu 20 Ugushyingo 2023, u Rwanda rwifatanya n’Isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwana, abana biga mu kigo cy’amashuri cya...
Kuri uyu wambere tariki 20 Ugushyingo 2023, ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’Isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’Umwana umunsi wizihirijwe mu mujyi wa Kigali,...
Bamwe mubagize umuryango wa Sorobtimist wa Kigali banzwi ku izina abasoro,bafite intego yokuzamura abagore na bana bizihize isabukuru y’imyaka 30 bamaze. Mukayisenga...
Ubuyobozi bw’Umuryango w’Ubumwe Nyarwanda bw’Abatabona (RUB) buravuga ko hari byinshi mu bibazo bibangamira abafite ubumuga bwo kutabona, birimo ikibazo gikomeye cyo kutabona...
Kuri uyu wa gatatu tariki 08 Ugushyingo 20223 mu rwunge rw’amashuri rwa G.S Kigeme A mu Karere ka Nyamagabe, habereye umuhango wo...
Startimes Rwanda yatangije shene ya televiziyo yitwa “Ganza TV” izajya yerekana filime mpuzamahanga mu rurimi rw’Ikinyarwanda ndetse n’izakinwe n’abanyarwanda hagamijwe kuvana mu...
Kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2023, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wo konsa (guha ibere umwana) ndetse no...
Guverinoma y’u Rwanda ku bufatanye n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, yatangije ku mugaragaro umushinga witwa “Kungahara” ufite agaciro ka miliyoni €11 [asaga miliyari...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyandikiye Uturere twose mu Rwanda, gisaba ubufatanye mu ibarura ry’imirimo n’aho ikorerwa, rizakenera urubyiruko rugera kuri 3936 muri...