Inyandiko yo muri Bibiliya Ntagatifu, mu gitabo cya Matayo ivuga ko ‘Kuko aho babiri cyangwa batatu bateraniye mu izina ryanjye, nanjye mba...
Mu gihe ahenshi abakozi bakora akazi ko gupakira ibishingwe no gukubura mu mihanda bagiye bataka ko badahembwa n’abakoresha kandi abakora ako kazi...
Covid -19 yateye igihombo abacuruzi banini n’abato harimwo no kwishyura abakozi badakora Kuva Covid -19 igaragaye mu Rwanda bwa mbere mu Werurwe...
Ibikorwa bya Sina Gerard bikunze kugaragara ahantu hose mu Rwanda ndetse no mu mahanga, buri mwaka uru ruganda ruhanga ikintu gishya ubu...
Ubuyobozi bwa Koperative Light Business burashimira akarere ka Nyarugenge , inzego z’umutekano byumihariko umurenge wa Kimisagara butibagiwe ikigo gishinzwe amakoperative (RCA)cyabafashije gukora...
Perezida wa Koperative Light Business ikorera Nyabugogo mu nyubako yo Munkundamahoro bwana Paul Niyonsenga avuga ko bakomeje inzira y’iterambere no gushakira hamwe...
Abafite ubumuga bwo kutavuga kutumva no kutabona aribwo bita ubumuga bukomatanyije barasaba Leta ko bashyirirwa ho ikiciro cyabo kihariye bakitabwaho by’umwihariko bakemurirwa...
Imbere yo kwamayaka: Aho wasanga cake ikoranye ubuhanga muri Nyamirambo Ni hamwe muhantu hizewe wakura bimwe mu biribwa mu buryo bwihuse, harimo...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buhangayikishijwe n’ikibazo cy’abasambanya abangavu bagakingirwa ikibaba nabo bakobwa nyuma yo kubashukisha amafranga make no kubizeza ko bazabafasha ....
Abaturarwanda bibukijwe ko Guma Mu Rugo ikomeje kuvugwa ahandi na bo bashobora kuyisangamo mu gihe hatabayeho kwitwararika Guverinoma y’u Rwanda itewe inkeke...