Ibi ni ibitangazwa na Kalisa Jeans Souveur, Umunyamabanga Nshingwa bikorwa w’Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali, mu kiganiro...
Bimenyimana JeremieMu karere ka Afurika y’iburasirazuba, Malariya ikomeje kuza mu ndwara z’imbere zihitana ubuzima bw’abantu. Ibihugu bigize ako karere, birahamagarirwa guhuza imbaraga...
Burya urubuga nkoranyambaga WhatsApp rushobora kugirira uwurukoresha ndetse n’abandi akamaro bakabyungukiramo mu gihe rukoreshejwe neza. Itsinda (INSHUTI ZA RUYENZI) rimaze imyaka itari...
Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwanda ryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima...
Kuri iyi taliki ya 7 kugeza kuya 9 Ugushingo 2018, i Kigali, hari kubera inama mpuza mahanga ku buvuzi bwihuse bw’indembe, bukaba...
Bimenyimana J. Ubwiyongere bw’indwara zidakira bukomeje kugenda buzamuka kandi buhangayikisha isi. Ikibazo kikiri ingorabahizi, ni uko imyumvimvire y’izo ndwara cyane cyane mu...
Umujyi wa Kigali utegura buri kwezi Imyitozo ngororamubiri ihuza abawutuye, hagamijwe kwirinda indwara zitandukanye cyane izitandura nk’indwara z’umutima; diabète n’izindi. Perezida wa...
Nyuma y’imyaka isaga 10 gahunda zo gutanga imiti igabanya ubukana bwa virus itera Sida isakajwe mu gihugu, iki nigihe cyo kureba ukuntu...
Urugaga Nyarwanda rw’inzobere mu by’imiti “National Pharmacy Council”, ruvuga ko bamwe mu bakora mu mavuriro n’ibitaro bya leta n’ibyigenga baba batarabyigiye, ibi...
Abaturage bo mu Kagari ka Munini, murenge wa Rwimbogo , Akarere ka Gatsibo bakomeje kwishimira ivuriro bubakiwe mu kagari ka Munini. Iri...