Kugira ngo uruyuki rugwe, rugenda rugabanya umuvuduko ukagera hafi kuri zeru. Kugira ngo rubigereho, rupima umuvuduko warwo n’uburebure bw’urugendo ruri bukore maze...
Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu...
Minisiteri y’Uburezi iributsa abayobozi b’ibigo by’amashuri, Abarezi, Ababyeyi, Abanyeshuri ndetse n’abagize amashyirahamwe akora umwuga wo gutwara abantu mu ngendo zitandukanye ko amasomo...
Sayinzoga Jean, wari Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero, (RDRC), yitabye Imana ku cyumweru...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko muri Werurwe 2017 ibiciro bikomatanyirijwe hamwe mu mijyi no mu byaro, byiyongereyeho 13,0% ugereranyije...
Ku nshuro ya 23 hibukwa Jenoside yakorewe abatutsi 1994l abanyagatsibo bibukijwe gukomeza kwitandukanya n’ingengabitekerezo ya Jenoside kugirango bakomeze biyubakire igihugu. Ibi byagarutsweho...
Ijwi ry’abana(Children’s Voice Today) ni umuryango w’imbere mu gihugu(local NGO) watangiye mu mwaka wa 2001 ugamije guha abana amahirwe yo kugira uruhare...
Abaturage bo mu murenge wa Bwira mu karere ka Ngororero mu ntara y’uburengerazuba by’umwihariko urubyiruko baravuga ko bahangayikishijwe no kutagira umuriro w’amashanyarazi...
Gakirage ni Akagari kamwe mu tugize Umurenge wa Nyagatare, ikaba yarahoze mu cyari Komini ya Ngarama mu gihe cya Jenoside. Tariki...
Nyuma y’uko intumwa za rubanda ziganiriye n’abavuga rikijyana mu karere ka Ngororero ku bibazo byugarije umuryango birimo uburaya n’ubusinzi, umuyobozi w’akarere wungirije...