Mu ruzinduko yagiriye mu karere ka Nyagatare kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Kazaire Judith, yahuye n’ibyiciro bitandukanye by’abayobozi ...
Abanyarwanda baba mu Gihugu cya MALI bashyikirije mituweri abaturage 504 b’Akarere ka Ruhango batabashije kwiyishyurira umwaka wa 2016-2017. Ku rwego rw’Akarere iki...
Mu rwego rw’ubukangurambaga bujyanye no ku rwanya Sida mu Rwanda, urugaga rw’abayamakuru barwanya Sida mu Rwanda no guharanira ubuzima (ABASIRWA), rwasuye abagore...
Mu gusoza umwaka wa 2016, dutangira umwaka mushya wa 2017, Perezida Kagame yasabye abanyarwanda bose gufatanya, batanga inama aho babonye serivisi zitanoze...
Ubwo yatangizaga ku mugaragaro Itorero ry’abagize komite nyobozi z’imidugudu,Inama Njyanama z’utugari n’imirenge, umuyobozi w’Akarere, Mupenzi Georges , yibukije aba bayobozi ko ari...
Ubwo yatangaga ikiganiro ku nshingano za Komite Nyobozi y’umudugudu, Umuyobozi w’Akarere ka Huye yasobanuye ko inshingano ya mbere y’ushinzwe umutekano mu mudugudu...
Mu Karere ka Gisagara, hakunze kuvugwa ko indwara ya malariya yahafashe icyicaro abaturage bakavuga ko yababujije amahwemo. Umwe mu baturage utuye mu ...
Ni kuri uyu wa gatatu, taliki ya 23/12/2016 ku gicamunsi muri Minisiteri y’Imali n’igenamigambi niho habereye umuhango wo gushyira umukono hagati y’ibihugu...
Mu gihe akazi kabaye gake urubyiruko rukangurirwa gushaka ibisubizo bihangira imirimo abadafite igishoro bagakangurirwa kwegera ibigo bitanga imari harimo na BDF. Uganiriye...
Inteko z’abaturage ni gahunda yashyizweho na Leta y’u Rwanda aho abaturage bahurira hamwe bagakemura bimwe mu bibazo bituma bagirana amakimbirane batuma batagirana...