Bamwe mu bahinzi b’imbuto z’amatunda mu murenge wa Muzo baratakambira ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi RAB kubafasha kubona imbuto nziza y’amatunda yihanganira ubutaka bwabo...
Hamwe na hamwe mu mirenge y’akarere ka Muhanga, hagaragara bimwe mu bikorwaremezo byatangiye kwangirika bitaratangira gukoreshwa. Ibi bikorwa biba byaratwaye akayabo k;amafaranga,...
Abaturage bo mu Murenge wa Mukura barasaba ko bafashwa kubona ku buryo bworoshye serivisi z’ubuzima zirimo ibikorwa remezo bituma bagera kwa muganga...
Akarere ka Nyamagabe ni kamwe mu turere 8 tugize Intara y’Amajyepfo. Gakikijwe n’uturere 7, Karongi na ruhango mu majyaruguru, Nyanza na Huye...
Ibi ni ibivugwa na bamwe mu bantu bemeza ko Kompanyi zitwara abagenzi zikwiye kunoza serivisi ziha abagenzi. Bamwe bavuga ko nta waceceka...
Guverineri w’intara y’amajyepfo Madame Mureshyankwano Marie Rose, aratangaza ko mu rwego rwo kubaka umujyi wa Huye nk’umwe mu mijyi 6 yunganira uwa...
Buri wa gatatu abayobozi ku nzego z’uturere bamanuka mu tugari tugize aka karere ka Gicumbi bakajya kwigisha abaturage isuku. Umwaka ushize bwo...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kiratangaza ko cyashyizeho amabwiriza mashya yo guhangana n’ibibazo bivugwa mu makoperative y’abakora umwuga wo gutwara...
Abanyarwanda mu mvugo zabo zinyuranye ariko zigamije gukebura abana zibakundisha umurimo, harimo igira iti: “Udakora ntakarye.” Iyi mvugo kandi iri no muri...
Abana bo mu mirenge itandukanye igize Akarere ka Gatsibo, baratozwa kumenya guharanira uburenganzira bwabo kugira ngo bategure ejo habo heza. Ibi aba...