Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye n’Ihuriro ry’imiryango ishinzwe kurengera abafite ubumuga no kurwanya SIDA (UPHLS), bamuritswe ibitabo bigiye gufasha inzego z’ubuzima gutahura abafite...
Abaturage bo mu karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagali ka Nyarurama basanzwe bivuriza kuri Poste de Sante ya Nyarurama barasaba Leta...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yavuze ko Leta itazaha ingurane abimurwa mu manegeka, kuko nta gikorwa ishaka gukorera ku butaka bwabo...
Kuri uyu wa Kane tariki 24 Kanama 2023 ubwo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda) cyatangazaga iteganyagihe ry’igihembwe cy’umuhindo 2023, ni...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kigarama, Akagari ka Nyarurama, barataka ikibazo cy’amazi yabaye ibura bakomeje guhura nacyo,...
Sosete y’itumanaho ya MTN Rwanda yahumurije abamotari bakorera mu mujyi wa Kigali, ibabwira ko igiye kubafasha gukemura ibibazo bafite ndetse ikanabafasha kugira...
Mu gihe hirya no hino mu gihugu Leta y’u Rwanda ishishikajwe no guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri mu rubyiruko ndetse hanimakazwa umuco w’uburinganire hagati...
Kuri uyu wa 4 Kanama 2023, ubu mu gihugu hose cy’u Rwanda bizihiza umunsi w’Umuganura, Dr Sina Gerard nyiri Entreprise Urwibutso yaganuje...
Bamwe mu banyamuryango ba Koperative Twese -Amahoro, ikorera mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kigarama, barishimira ibikorwa by’iterambere iyi Koperative yatumye...
Bamwe mu bari n’abategarugori bo mu karere ka Kamonyi baritinyutse bayoboka inzira y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro aho ubu biteje imbere Abagore bakora muri...