Mu gihe u Rwanda rwifatanyije na Afurika ku nshuro ya 7 mu kwizihiza umunsi nyafurika wahariwe ifunguro ku ishuri, bamwe mu bayobozi...
Tariki ya 2 Gashyantare 2022 ni bwo Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Twagirayezu Gaspard, yatangije ukwezi k’umuco mu mashuri ku...
τBurega ni umwe mu mirenge igize akarere ka Rulindo, mu ntara y’amajyaruguru. Abaturage bagize Umurenge wa Burega, batunzwe ahanini n’ubuhinzi n’ubworozi abandi...
Turamenyesha ko uwitwa UWINGENEYE Solange mwene Rwangampuhwe na Nibogore utuye m’umudugudu wa Rwamukobwa, Akagari ka Nyinya, Umurenge wa Rukira, Akarere ka Ngoma...
Muri gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi igamije kwihutisha iterambere, NST1, biteganyijwe ko ibicanwa bikomoka ku mashyamba bizagera kuri 42% mu 2024 bivuye...
ITANGAZO NIYITANGA Isaac mwene NSEKANABO na BAHORANINZIKA, utuye m’umudugudu wa Murutare, akagari ka Kigabiro, umurenge wa Murama, akarere ka Ngoma, mu ntara...
Ni nyuma y’uko Leta yategetse ko abana bose bazajya bafatira amafunguro ya saa sita ku ishuri, ikanashyikiriza inkunga yo guhaha yageneye iyi...
Uwitwa UWASE MUSISI mwene MUKAMANZI Donatha utuye m’umudugudu wa Nyabinombe, akagari ka Karama, umurenge wa Cyabakamyi, akarere ka Huye mu ntara y’amajyepfo...
Umuyobozi w’i shuri EPA saint Michel Rusingizandekwe Antoine atangaza ko amasomo yatangiye ku munsi wa mbere w’itangira ry’amashuri, abana bose bakaba batangiye...
Ingengabihe ya minisiteri y’uburezi igaragaza ko tariki 10 Mutarama aribwo abanyeshuri bo mu mashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bazatangira amasomo y’igihembwe cya kabiri...