Abahinzi bo mu mirenge ya Matimba na Musheri batuye hafi y’ikibaya cy’Umuvumba barishimira ko nyuma yo guhuza ubutaka bagatangira kubwuhira byabongereye umusaruro...
Mu mujyi wa Ruhango, Intara y’Amajyepfo, huzuye yitwa hoteli yitwa Eden Palace Hotel, iyi nzu ikaba iherereye mu nsi gato y’ibiro by’Akarere...
Abaturage batuye mu murenge wa Gishari , bakoze ibirori byo kwishimira ibyiza bamaze kugeraho babikesheje imiyoborere myiza ya leta y’ubumwe bw’Abanyarwanda. Muri...
Imibare igaragzwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR, igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya mbere cya 2017 bwageze kuri miliyari 1.817...
Ku nshuro ya 19 Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu AJPRODHO-JIJUKIRWA wongeye gutumiza abanyamuryango bawo baturutse hirya no hino mu gihugu mu Nteko...
Ubu butumwa bwatanzwe mu biganiro abayobozi bagiranye n’abaturage tariki ya 24 Kamena 2017 nyuma y’ibikorwa by’umuganda ngarukakwezi byabereye mu mudugudu wa Muhororo...
U Rwanda rwihaye gahunda ko ruzaba rukora megawati 563 z’amashanyarazi buri munsi mu mwaka wa 2018, ntibihagararire aho, ku mu myaka iri...
Bamwe mu bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, barishimira ko kuba u Rwanda ruri mu muryango ubahuza n’Igihugu cya Uganda w’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba(EAC) n’imipaka...
Ibi byavuzwe tariki ya 23 Kamena 2017 na Ministri w’Ubuhinzi n’ubworozi, Mukeshimana Gérardine, ubwo yatangizaga ku mugaragaro, imurikabikorwa rya 12 mu buhinzi,...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye, buravuga ko bwishimiye imbangukiragutabara eshatu Akarere kaguriye ibitaro bya Kabutare. Izi mbangukiragutabara zaguzwe n’Akarere mu rwego rwo gukomeza...