Ibi ni bimwe mu byagarutsweho n’umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru Francis Habitegeko nyuma yo kwifatanya n’imbaga n’abakristu basaga ibihumbi 20 bitabiriye urugendo nyobokamana...
Mu mwaka wa 2020, Guverinoma y’u Rwanda yiteze ko abakora ubuhinzi mu Rwanda bazaba bangana na 50 %, bavuye kuri 72 %...
Mu nama itegura igihembwe cy’ihinga 2018A,umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Kayitare Didas yasabye abashinzwe ubuhinzi n’abafatanyabikorwa mu buhinzi gushishikariza abahinzi gutegura...
Mu Karere ka Muhanga Umurenge wa Kiyumba, hatashye ku mugaragaro ikiraro cyo mu Kirere cyubastwe ku bufatanye n’Akarere ka Muhanga n’umufatanyabikorwa Bridge...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga ivuga ko gahunda nshya ya Internet kuri bose izafasha kongera umubare w’abakoresha ikoranabuhanga banaribyaza umusaruro nibura abakoresha internet bakiyongeraho...
Ikoranabuhanga rigezweho, ririhuta cyane, ari nako rigenda ryiharira imirimo yose, rigakururira abantu benshi ubushomeri. Niyo mpamvu hakenewe kurebwa uko urubyiruko rwahabwa ubumenyi...
Abahinzi bo mu mirenge ya Matimba na Musheri batuye hafi y’ikibaya cy’Umuvumba barishimira ko nyuma yo guhuza ubutaka bagatangira kubwuhira byabongereye umusaruro...
Mu mujyi wa Ruhango, Intara y’Amajyepfo, huzuye yitwa hoteli yitwa Eden Palace Hotel, iyi nzu ikaba iherereye mu nsi gato y’ibiro by’Akarere...
Abaturage batuye mu murenge wa Gishari , bakoze ibirori byo kwishimira ibyiza bamaze kugeraho babikesheje imiyoborere myiza ya leta y’ubumwe bw’Abanyarwanda. Muri...
Imibare igaragzwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR, igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda mu gihembwe cya mbere cya 2017 bwageze kuri miliyari 1.817...