Mu nama yahuje aba motari bibumbiye muri koperative COTAMOJU taliki ya 27 Gicurasi 2017 ikabera mu kagari ka Juru, umurenge wa Gahini...
Umuryango Nyarwanda w’abanyamakuru baharanira amahoro, uzwi ku izina rya Pax Press, tariki ya 26 Gicurasi 2017, washyize ahagaragaa ubushakashatsi wakoze ku buryo...
Panafrican Movement ni Umuryango Uharanira Agaciro n’Iterambere by’Umunyafrika ariko kubigeraho bikaba bisaba ubumwe, ubufatanye, amahoro, umutekano n’ubukungu butajegajega biyobowe na bene Afrika...
Abacuruzi bo mu santere ya Nkomero iri mu murenge wa Musasa, mu karere ka Rutsiro basabwe na Polisi kwirinda gucuruza amasashe ya...
Kayitasire Egide wari usanzwe ari umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyaruguru yeguye kuri iyi mirimo ye. Mu mpamvu yatanze ngo avuga ko ahagaritse...
Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba ,Munyantwari Alphonse, arasaba abaturage b’imirenge ya Busasamana na Bugeshi kujya bakemura ibibazo baba bafitanye hakiri kare kandi bakirinda gufata...
Mu itangazo Minisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara iravuga ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu...
Ikigo cy’Igihugu kigenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) cyatangaje ko cyahannye ikigo cy’itumanaho MTN Rwanda Ltd kubera kudakurikiza ibikubiye mubyo...
Jean Bosco Mugiraneza wari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG) yasimbuwe kuri uyu mwanya n’Umunya-Israel, Ron Weiss. Umuyobozi ukuriye Inama y’Ubutegetsi ya...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, kiravuga ko ikinyuranyo cy’ibyatumijwe n’ibyoherejwe mu mahanga muri Werurwe 2017 cyageze kuri miliyoni $102.22, bingana n’izamuka rya 34.61%...