Ubwo yatangizaga ku mugaragaro Itorero ry’abagize komite nyobozi z’imidugudu,Inama Njyanama z’utugari n’imirenge, umuyobozi w’Akarere, Mupenzi Georges , yibukije aba bayobozi ko ari...
Ubwo yatangaga ikiganiro ku nshingano za Komite Nyobozi y’umudugudu, Umuyobozi w’Akarere ka Huye yasobanuye ko inshingano ya mbere y’ushinzwe umutekano mu mudugudu...
Uruganda rwa Kitabi, ruherereye mu murenge wa Kitabi akarere ka Nyamagabe, abaturage baturanye narwo bavuga ko byatumye bahora bakora ku ifaranga. Abaturage...
Mu Karere ka Gisagara, hakunze kuvugwa ko indwara ya malariya yahafashe icyicaro abaturage bakavuga ko yababujije amahwemo. Umwe mu baturage utuye mu ...
Urubyiruko rwibumbiye muri Koperative Mbahafi rusasabwa kubyaza umusaruro w’akazi karwo bakemurirana ibibazo aho kurindira ko Ubuyobozi bwarwo buza kubibakemurira. Mu biganiro yagiye ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye, buvuga ko ubwitabire bwa mituweli bumaze kugera kuri79 % kandi ubukangurambaga bukaba bugikomeje ku buryo bwifuza ko bizagera...
Mu gihe akazi kabaye gake urubyiruko rukangurirwa gushaka ibisubizo bihangira imirimo abadafite igishoro bagakangurirwa kwegera ibigo bitanga imari harimo na BDF. Uganiriye...
Inteko z’abaturage ni gahunda yashyizweho na Leta y’u Rwanda aho abaturage bahurira hamwe bagakemura bimwe mu bibazo bituma bagirana amakimbirane batuma batagirana...
Aka Kagari gaherereye mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, gutwikwa ibiyobyabwenge bitandukanye, bihwanye na miliyoni 21 abaturage bakaba bemeza ko hari indiri...
Mu gihe amwe mu makoperative y’abamotari batavuga rumwe hagati y’ubuyobozi bwabo, muri koperative Mbahafi ikorera mu Karere ka Nyarugenge, bamwe mu banyamuryango...