@Carine Umwezi Inama Nkuru y’Itangazamakuru (MHC), iri guhugura abagore bakora umwuga w’itangazamakuru mu Rwanda, amahugurwa ari kubera mu Karere ka Bugesera, aho...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 17 Gicurasi 2019, abagize urugaga rw’abahanga mu by’imiti bakora muri farumasi zicuruza imiti mu Rwanda, Rwanda...
Bimenyimana JeremieMu karere ka Afurika y’iburasirazuba, Malariya ikomeje kuza mu ndwara z’imbere zihitana ubuzima bw’abantu. Ibihugu bigize ako karere, birahamagarirwa guhuza imbaraga...
Bimenyimana Jérémie Ikigo cyita ku bantu bafite ubumuga cya Gahini gifasha abafite ubumuga butandukanye, bakorerwa insimburangingo, abandi bakabona amavuta atuma bihanganira izuba....
SEVOTA ni umuryango ufasha abagore n’abana bahuye n’ibibazo bitandukanye mu gihe cya Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, kuri ubu ukaba...
Sosiyete y’itumanaho mu Rwanda, Airtel Rwanda ifatanyije n’umuryango w’ababyeyi bafite abana bafite ibibazo byo mu mutwe “Autisme”, bagiye gutangira ubukangurambaga bwo kumenyekanisha...
Minisiteri zitandukanye zo mu Rwanda zirimo ishinzwe imibereho myiza y’abaturage (MINALOC), ishinzwe uburezi (MINEDUC), ishinzwe iterambere ry’umuryango (MIGEPROF) n’ishinzwe ubuzima (MINISANTE), ziyemeje...
Abagore babyaye abana bafite ibibazo by’imyitwarire bizwi nka ‘Autisme’, bavuga ko bakorerwa ihohoterwa ritandukanye n’abagabo babo kugera n’aho babaharika. Autisme ni uruhurirane...
Ibura ry’amazi mu bice bimwe na bimwe by’u Rwandaryakomeje kuba imbogamizi, bigatera abahinzi ikibazo cy’amapfa cyaterwaga nuko imyaka yumiraga mu mirima bityo...
VIH ni agakoko gatera Sida, ku kandura ntibisobanura ko umuntu arwaye Sida. Urwaye ni wa wundi umubiri we uba utagifite ubudahangarwa, indwara z’ibyuririzi ...