Polisi y’u Rwanda irakangurira abakoresha inzira nyabagendwa bose ,ni ukuvga abatwara ibinyabiziga, ababigendaho, ababigendamo, ndetse n’abanyamaguru kubahiriza amategeko y’umuhanda kugira ngo hirindwe...
Tariki ya 22/05/2017, Mu Murenge wa Nyakariro ho mu karere ka Rwamagana habereye Umuganda udasanzwe muri gahunda y’ibikorwa bya Police Week. Uyu...
Abayisiramu bagiye mu rugendo nyobokamana bazwi ku izina ry’abasangirangendo batangiye abaturage 1300 bo mu Karere ka Nyaruguru, ubwisungane mu kwivuza bwa 2017/2018,...
Abantu benshi batekereza ko kunywa itabi bikurura indwara z’ubuhumekero na kanseri z’ibihaha, ariko ntibajya bibaza ko bishobora kubakururira n’indwara z’umutima. Itabi ni...
N’ubwo imitangire ya Serivise igenda izamuka mu Rwanda, ibikorwa remezo bidahagije ni imbogamizi ikomereye cyane ubuzima bw’abagana amavuriro n’ibitaro byo mu Rwanda,...
Abagore barwaye indwara yo kujojoba (fistula), bakunze kwishyira mu kato, kandi nyamara ari indwara ivurwa igakira, mu gihe igaragaye hakiri kare. Ababyara...
Mu itangazo Minisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara iravuga ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu...
Abashakashatsi bari mu nzira zo kuduha ikinini gishobora kugira akamaro nk’ak’imyitozo ngororamubiri ku buryo umuntu azajya akinywa kigasimbura siporo n’indi myitozo. Ikinyamakuru...
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango(Migeprof),iratangaza ko mu mwaka wa 2016, abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19 bagera ku 17.500 batewe inda...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima(OMS) rivuga ko isi yugarijwe n’ikibazo cy’indwara ya diyabeti ikomeje kwiyongera Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima...