Abantu benshi batekereza ko kunywa itabi bikurura indwara z’ubuhumekero na kanseri z’ibihaha, ariko ntibajya bibaza ko bishobora kubakururira n’indwara z’umutima. Itabi ni...
N’ubwo imitangire ya Serivise igenda izamuka mu Rwanda, ibikorwa remezo bidahagije ni imbogamizi ikomereye cyane ubuzima bw’abagana amavuriro n’ibitaro byo mu Rwanda,...
Abagore barwaye indwara yo kujojoba (fistula), bakunze kwishyira mu kato, kandi nyamara ari indwara ivurwa igakira, mu gihe igaragaye hakiri kare. Ababyara...
Mu itangazo Minisiteri y’ ubuhinzi n’ ubworozi yashyize ahagaragara iravuga ingendo n’ ubucuruzi bw’ amatungo arimo inka, ihene, intama n’ ingurube mu...
Abashakashatsi bari mu nzira zo kuduha ikinini gishobora kugira akamaro nk’ak’imyitozo ngororamubiri ku buryo umuntu azajya akinywa kigasimbura siporo n’indi myitozo. Ikinyamakuru...
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango(Migeprof),iratangaza ko mu mwaka wa 2016, abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 16 na 19 bagera ku 17.500 batewe inda...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima(OMS) rivuga ko isi yugarijwe n’ikibazo cy’indwara ya diyabeti ikomeje kwiyongera Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima...
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ruhango bavuga ko kwegerezwa ibitaro bikuru hafi yabo, byatumye baruhuka ingendo bajyaga bakora bajya kwivuriza...
Akarere ka Huye niko karere kari ku mwanya wa mbere mu Rwanda mu kugira umubare munini w’abarwayi ba Malariya. Gahunda ya Leta...
Tariki ya 11 Gicurasi 2017, Ibitaro bya Rwamagana byashyikirijwe ingombyi z’abarwayi 3 nshyashya zifite agaciro ka miliyoni 165 z’amafaranga y’u Rwanda. Izi...