Indwara zitandura kandi zidakira zihangayikishije u Rwanda nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwa RBC, niyo mpamvu ifatanyije n’ikigo cy’igihugu cy’Ubumenyi ngiro haze guhugurwa abafasha...
Mu karere ka Gicumbi haravugwa ikibazo cy’abana basaga 250 barwaye bwaki bitewe n’ikibazo cy’ubujiji kuko usanga ababyeyi bagaburira abana indyo imwe n’iyabantu...
Mu gikorwa cyo kwitura cyabaye mu Karere kose ka Ruhango tariki ya 10 Werurwe 2017,mu Mirenge yose abantu 167 bagabiwe inka mu...
Atangiza ku mugaragaro igihembwe cy’ihinga 2017B umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Mupenzi Georges, yakanguriye abahinzi gukora ubuhinzi bw’umwuga kuko ari bwo n’umusaruro wiyongera...
Indwara zitandura zikomeje kwiyongera, kubera ahanini imyitwarire y’abantu nayo igenda ihinduka. Ni muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangiza icyumweru cy’Ubuzima kigamije...
Musanze : Abatuye mu mudugudu w’ubumwe n’ubwiyunge ntibishishanya Biragora kwiyumvisha uburyo umuntu warokotse jenoside aturana inzu ku nzu n’uwayigizemo uruhare, bakaryama bagasinzira...
Raporo y’umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (TI_Rw) iragaragaza ko mu nzego z’ibanze n’izitagenerwa ingengo y’imari, kunyereza umutungo biri hejuru. 40% by’amafaranga afitanye...
Abaturage bo mu Karere ka Rwamagana bakoze igikorwa cyo kuremera bagenzi babo bo mu karere ka Kayonza imbuto y’ibishyimbo. Aba baturage bashimirwa...
Bamwe mu badepite bagize ihuriro ry’abanyarwandakazi bari mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda basuye banaganira n’abagore bari mu nzego zitandukanye z’ubuyobozi (abagore) mu...
Tariki ya 8 Werurwe 2017, mu Rwanda n’ahandi ku isi bizihije umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore. Muri rusange hashize imyaka irenga 40 isi...