Mu nama yahuje abakozi batandukanye bafite ubuzima mu nshingano zabo, ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, n’abakozi b’ikigo giharanira uburenganzira bwa muntu n’ubuzima (HDI),...
Kimwe mu bintu bikunze kugibwaho impaka ku bijyanye n’uburinganire bw’umugabo n’umugore mu bemera Bibiliya ni ukuba Eva yararemwe bivuye mu rubavu rwa...
Inzego zimwe z’ubuyobozi zivuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abaturage hafashwe ingamba zo kubuza abanywi b’itabi kurinywera mu ruhame, ubirenzeho akazajya...
Abakurikirana iby’ubuzima bavuga ko icyorezo cya SIDA kigihari, bagakangurira urubyiruko n’abandi bantu gukomeza gukoresha agakingirizo ngo bayirinde banakumire ubwandu bushya. Byagarutsweho tariki...
Abadepite bagize komisiyo y’uburezi,ikoranabuhanga,umuco n’urubyiruko mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda barishimira uburyo amasomero yigisha bakuze batazi gusoma no kwandika amaze kugira umusaruro...
Ku bufatanye bwa WDA n’umujyi wa Kigali, Sendika y’abakozi bo mu bwubatsi , Ububaji n’ubukorikori ( Syndicat des travailleurs des entreprises construction,...
Abanyarwanda bamaze gusobanukirwa bidasubirwaho n’akamaro k’ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de Santé). N’ubwo bakomeje gutaka ko umusanzu wa Mituweri uri hejuru, barakangurirwa gukomeza...
Bivuye mu mwiherero w’abagize aho bahurira n’ubuzima uherutse kubahuza mu ntango z’ukwezi kwa Gashyantare, abangaga babujijwe gukoresha telefoni mu gihe bari mu...
Mu Murenge wa Jarama, Akarere ka Ngoma, intara y’Iburasirazuba hari abaturage batajya bajya kwa muganga mu gihe barwaye kubera kutagira Ubwisungane mu...
Mu gikorwa cyo gushyira ku mugaragaro gahunda y’imyaka itanu y’umuryango WaterAid cyo kuwa 31 Mutarama 2017, ni ukuvuga guhera mu mwaka wa...