Umuyobozi Mukuru ushinzwe ishami ryo gutwara abantu n’ibintu muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Mutabazi Peterson, avuga ko mu rwego rwo gufasha abafite ubumuga kubona...
Ikigo RSSB kitabiriye inama y’umuryango uhuje ibigo by’imari n’imigabane muri Afurika (ASEA) Umuryango uhuje Ibigo by’Imari n’Imigabane muri Afurika (African Securities...
U Rwanda Ruzifatanya n’isi mu kwizihiza umunsi mpuzamahanaga wo kurwanya SIDA. Uyu mwaka insanganyamatsiko yahariwe kuzirikana ku babana n’ubwandu bw’agakoko ka SIDA,...
Hashize igihe kinini hatowe itegeko rishya rigenga imyubakire ihurirwa mo n’abantu benshi,bityo Leta ikaba ishishikariza abashoramari mu nyubako ndetse n’imihanda, ko bagomba...
Aka Kagari gaherereye mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, gutwikwa ibiyobyabwenge bitandukanye, bihwanye na miliyoni 21 abaturage bakaba bemeza ko hari indiri...
Gishoma François, washinze ishyirahamwe ry’abarwayi ba diyabeti mu 1997, avuga ko kugeza ubu bitoroshye kumenya abahitanwa na diyabeti ku mwaka kuko hari...
Bamwe mu baturage, bo mu Murenge wa Kiziguro, Akarere ka Gatsibo baragaragaza ko ibura ry’ibicanwa ribahangayikishije bigatuma batoragura udukwi mu bihuru bakiyambaza...
Ibigo bitanga servizi zo kuboneza imbyaro bivuga ko mu bahabwa izo servisi harimo n’abakobwa batarashaka, nk’abanyeshuli n’abandi bari mu kigero cy’urubyiruko Uburyo...
Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB cyatangaje ko hashyizweho ubwishingizi bw’ibigenerwa umugore uri mu kiruhuko cyo kubyara kugirango bugoboke umukozi w’umugore wafashe ikiruhuko...
Mu kiganiro Minisiteri y’Ubuzima, Dr Diane Gashumba yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, taliki ya 16/11/2016, yatangaje ko abashyizwe mu cyiciro cya...