Kuri uyu wa 24 Werurwe 2024, u Rwanda rwifatanyaga n’isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara zo mu kanwa by’umwihariko hitabwa...
Mu gihe bikigaragara ko mu Rwanda abafite virusi itera SIDA bagihezwa ndetse bagahabwa akato ,Urugaga Nyarwanda rw’abafite virusi itera SIDA (RRP+ )...
Urugaga Nyarwanda rw’abafite Virusi itera SIDA (RRP+) rugaragaza ko mu gihe kugeza ubu u Rwanda ruri ku kigero gishimishije mu guhangana no...
Bamwe mu bafite Virusi itera SIDA bo mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru bavuga ko kuba barabashije kwibumbira mu makoperative byabafashije...
Mugihe indwara ya kanseri ikomeje kwibasira abantu benshi ku isi, hari bamwe mubabyeyi bavuga ko badasobanukiwe n’indwara ya za kanseri zifata abana,...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya ubwandu bushya bwa Virusi itera Sida mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Basile Ikuzo, yavuze ko nta...
Mu gihe indwara za kanseri aricyo kibazo gikomeye cyane cy’ubuzima isi yose ihanganye nacyo, Minisitiri Dr Sabin Nsanzimana avuga ko kurwanya no...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Gashyantare 2024, ku munsi ubanziriza ikwizihiza Umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya kanseri, Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin...
Mu gihe inzego z’ubuzima zigaragaza ko gukoresha ifumbire yo mu bwiherero mbere y’imyaka 5 bishyira ubuzima mu kaga, bamwe mu baturage bo...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), kiravuga ko kuba nta bushakashatsi burakorwa ngo hamenyekane umubare nyakuri w’abantu bagira ama areriji igihe cyose bakoresheje agakingirizo...