Ikigo cy’urubyiruko cy’akarere ka Huye gifasha urubyiruko ku bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, kiravuga ko benshi mu bakigana biganjemo abanyeshuri biga kaminuza bajya kuhashaka...
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubushake buhamye bwa Politiki ari bwo buzakemura ibibazo by’umutekano muke wakomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Dr Daniel Ngamije wasimbujwe ku mwanya wa Minisitiri w’Ubuzima yashimiye ye Perezida Paul Kagame ku mahirwe akomeye yari yamuhaye yo kuyobora Minisiteri...
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) hamwe n’umuryango nyarwanda urwanya Malaria (ASOFERWA), bwerekana ko Malaria ikomeje kwibasira abantu bari mu byiciro...
Itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rivuga ko Dr Sabin Nsanzimana wigeze kuyobora ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) yagizwe Minisitiri w’Ubuzima,...
Abayobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, ku itariki ya 26 Ugushyingo 2022 bifatanyije n’abayobozi ndetse n’abaturage b’Akarere ka Gicumbi hamwe...
Mu gihe isi yose ihangayikishijwe n’uko ibikorwa bya muntu bikomeje kuba ku isonga mu kwangiza no gusenya indiri y’urusobe rw’ibinyabuzima bitandukanye, by’umwihariko...
Ishyirahamwe ry’Imiryango irwanya Indwara Zitandura iratangaza ko muri Africa y’Uburasirazuba tuvuga ko muri buri gihugu byibura 40% by’abantu batuye muri aka karere...
Indege itwara imizigo (Rwandair Cargo) u Rwanda ruherutse kugura yamaze kugera ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali. Ije nk’igisubizo ku bacuruzi bohoreza...
Rwanda Coding Academy (RCA) was established in 2019, as a response to the recommendations of the “Rwanda Digital Talent Policy” as approved...