Ni umuganda wari ugamije kwerekera no gufasha abahinzi b’ibigori uburyo bwo guhashya iyi nkongwa yibasiye ibigori bahinze muri iki gihembwe cy’ihinga 2017B...
Ubuzima ku isi ntibwari gushoboka iyo hatabaho uruhurirane rw’ibintu bitandukanye. Kugeza mu kinyejana cya 20, bimwe muri ibyo bintu ntibyari bizwi ibindi...
Kugira ngo uruyuki rugwe, rugenda rugabanya umuvuduko ukagera hafi kuri zeru. Kugira ngo rubigereho, rupima umuvuduko warwo n’uburebure bw’urugendo ruri bukore maze...
Abapolisi b’u Rwanda 36 bari mu butumwa bw’amahoro mu gihugu cya Central African Republic (CAR) bashinzwe imirimo itandukanye irimo kugenzura iyubahirizwa ry’ubu...
Minisiteri y’Uburezi iributsa abayobozi b’ibigo by’amashuri, Abarezi, Ababyeyi, Abanyeshuri ndetse n’abagize amashyirahamwe akora umwuga wo gutwara abantu mu ngendo zitandukanye ko amasomo...
Sayinzoga Jean, wari Umuyobozi wa Komisiyo ishinzwe gusezerera no gusubiza mu buzima busanzwe ingabo zavuye ku rugerero, (RDRC), yitabye Imana ku cyumweru...
Umurenge wa Bwira ni umwe mu mirenge 13 igize Akarere ka Ngororero, utuwe n’abaturage 17.418 batuye mu ngo 4.800, uri ku birometero...
Kuri uyu wa 11/04/2017, umuyobozi w’Akarere ka Huye,Kayiranga Muzuka Eugene mu kiganiro yahaye abakozi bose bakorera ku biro by’ako karere gifite inyito...
Umwari ukwiye ntiyiyandarika. Iyo ni indirimbo y’umuhanzi w’umunyarwanda Twagirayezu Kayisani, wahanaga abakobwa b’abanyarwandakazi abasaba kutiyandarika, no guhesha ishema ababyeyi babo. Uyu munya...
Twifashishije inyandiko ya Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside(CNLG), twabegeranyirije bimwe mu byaranze uyu munsi mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...