Abaturage bo mu Murenge wa Mukura barasaba ko bafashwa kubona ku buryo bworoshye serivisi z’ubuzima zirimo ibikorwa remezo bituma bagera kwa muganga...
Akarere ka Nyamagabe ni kamwe mu turere 8 tugize Intara y’Amajyepfo. Gakikijwe n’uturere 7, Karongi na ruhango mu majyaruguru, Nyanza na Huye...
Nyuma y’aho uwahoze ari Umunyabanga Mukuru wa ONU avugiwe ko yaba yaratamiye ka bitugukwaha, abandi bayobozi batandukanye bakomeje kugenda bavugwa muri ruswa,...
Abalimu bigisha mu mashuri y’inshuke; abanza n’ayisumbuye, bakubutse mu itorero risojwe basabwa kuba abarinzi b’ibyo u Rwanda rumaze kugera ho. Ibyo barabisabwa...
Ibi ni ibivugwa na bamwe mu bantu bemeza ko Kompanyi zitwara abagenzi zikwiye kunoza serivisi ziha abagenzi. Bamwe bavuga ko nta waceceka...
Guverineri w’intara y’amajyepfo Madame Mureshyankwano Marie Rose, aratangaza ko mu rwego rwo kubaka umujyi wa Huye nk’umwe mu mijyi 6 yunganira uwa...
Mu Rwanda rwo hambere, umwami yarubahwaga bitavugwa, ntagire ubwoko cyangwa idini, akitwa nyir’ubutangwa, ndetse abasizi bakagira ngo umwami si umuntu, ni imana...
Buri wa gatatu abayobozi ku nzego z’uturere bamanuka mu tugari tugize aka karere ka Gicumbi bakajya kwigisha abaturage isuku. Umwaka ushize bwo...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative (RCA) kiratangaza ko cyashyizeho amabwiriza mashya yo guhangana n’ibibazo bivugwa mu makoperative y’abakora umwuga wo gutwara...
Nyuma y’itangazwa ry’itanga rya Kigeli V Ndahindurwa hakabanza kuba impaka z’aho agomba gutabarizwa, bikarangira hemejwe ko atabarizwa mu Rwanda, bikozwe n’urukiko ubu...